Mu kagari ka Rurembo Umurenge wa Rugarama ho mu karere ka Burera abantu bane barohamye mu kiyaga cya Burera batatu barapfa umwe atabarwa agihumeka.
Kuri uyu wa mbere tariki 9 Mutarama nibwo aba bantu uko ari bane barohamye muri iki kiyaga.
Iyi nkuru, Umuryango turacyayikurikirana. Mu gihe hari andi makuru twamenya nk’ icyateye uku kurohama, imyirondoro ya ba Nyakwindera n’ ibindi twabibatangariza.