Ntibisanzwe bimenyerewe ariko bibaho,imyitozo y’ ingabo zigize umutwe wihariye udasanzwe w’ingabo [Special Forces], ikangaranya benshi bayibona, bitewe n’ibyo izo ngabo zikorera mu maso y’abantu.
Uretse imyitozo njyarugamba bahabwa, iy’umubiri ituma umubiri wabo usa n’ukwenduka n’amagufa akaborohera kujya mu cyerekezo bashaka kuganamo n’icyo bashaka gukora, izi ngabo zigaragaza n’ubuhanga bwo kujya inzoka nzima bafashe ntibagire icyo baba, mu gihe usanga bitoza baca amajosi y’inkoko.
Ibyo bigaragara mu ngabo za Amerika iza Liban n’ahandi
Amwe mu mafoto