Print

Mu mafoto arimo atangaje, reba uko umunsi w’ umugore wizihijwe muri Uganda

Yanditwe na: 9 March 2017 Yasuwe: 6625

Ejo ku wa Gatatu tariki ya 8 Werurwe Isi yose yizihije umunsi mpuzamahanga w’ umugore. Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni n’ umufasha we Janet Museni bifatanyije n’ abaturage b’ icyo gihugu muri uwo munsi wahariwe abari n’ abategarugori.

Reba uko byari byifashe mu mafoto

Perezida Museveni n’ umufasha we batambuka kuri tapi itukura


Janet Museveni ahoberana n’ umucekuru rukukuri usigaranye mu kanwa amenyo abaze

Abanyeshurikazi bo muri icyo gihugu nabo ntabwo bari batanzwe


Abagore babana n’ ubumuga bw’ ingingo nabo bari babukereye



Abo ni abapolisikazi bo mu gihugu cya Uganda

Nubwo byari umunsi w’ abagore ntibyabujije umwe mubanya -Ugandakazi gupfukamira Perezida Museveni

Abagore bo muri icyo gihugu ntabwo bahejwe mu gisirikare cya Uganda












Src: The New vision