Tumukunde Gisele, umukobwa w’umunyaRwandakazi, ubusanzwe ni umunyamideri ndetse akunze kugaragrama mu mashusho y’indirimbo z’abahanzi nyaRwanda.
Imwe mu mafoto uyu mukobwa yashyize hanze bigatuma batangira kumugereranya na Amber Rose w’umunyamerika kazi
Uyu mukobwa ugaragara nk’ukiri muto yatunguye benshi kubera amafoto yashyize kumbuga ze nkoranyambaga.
Aya mafoto uyu mukobwa yashyize kurubuga rwe rwa instagram agaragara yambaye umwambaro utobaguye ugaragaza umubiwe n’imyanya y’imbere y’ibanga, aho iyi myambaro dukunze kuyibonana ibyamamare byo muri leta zunze ubumwe za Amerika.
Imyambaro nk’iyi dukunze kuyibona nko kubanyamideri bakomeye nka Kim Kardashian, Amber Rose nabandi.
Ubwo uyu mukobwa yagaragaza aya mafoto abamukurikira bamwe bamushimye bavugako asa neza ndetse yambaye neza, nyamara hari n’abamunenze bavugako atigaragza nk’umunyaRwanda kazi ahubwo yigize umunyamerika.
Amber Rose ni umwe mu byamamare bikunze kugaragara bambaye iyi myambaro imeze nkutuyungirizo
Tumukunde Gisele yisanishije na Amber Rose
REBA HASI ANDI MAFOTO YA GISELE
GIRA ICYO UVUGA KU MYAMBARIRE UMUNTU YAVUGA KO ARI IYO KWIYANDARIKA IKOMEJE KUBA AKARANDE MU BANYARWANDAKAZI.
Martin MUNEZERO