Nyuma y’ uko kuri uyu wa 5 Gicurasi 2017 ku mbugankoranyambaga hakwirakwiye amafoto agaragaza umukobwa y’ umunyemari Nyakwigendera Assinapol Rwigara yambaye ubusa, kuri ubu uwakoze ibyo yamenyekanye.
Ayo mafoto abiri yakwirakwijwe amugaragaza yambaye ubusa hose. Imwe imugaragaza ahagaze ahasa no mu cyumba iruhande rw’idirishya ririho igitambaro (rideaux) cya kaki yifashe mu mayunguyungu areba imbere (areba umufotora) naho indi imugaragaza aryamye mu mifariso y’intebe za kaki yashyize akaguru ku kandi.
Ikinyamakuru Igihe dukesha iyi nkuru cyatangaje ko gifite amakuru yizewe avuga ko ayo mafoto yakwirakwije n’ umunyamakuru Robert Mugabe wari umaze igihe kinini akundana na Diane Rwigara.
Iki kinyamakuru kivuga ko abantu ba hafi b’uyu mukobwa ushaka kuba Perezida wa Repubulika, bavuze ko kuva aya mafoto yajya ahagaragara, yijunditse mu buryo bukomeye Robert Mugabe amuziza kuba yaratangaje aya mafoto.
Iki kinyamakuru dukesha iyi nkuru kivugwa cyemeje ko Diane Rwigara na Robert Mugabe aba bombi babanye mu nzu imwe mu gihe cy’amezi ane.
kinyamakuru Igihe kivuga ko hari amakuru avuga ko kuri ‘email’ yohererejwe abanyamakuru batandukanye ibasangiza aya mafoto , hagaragaramo ifoto y’umunyamakuru Robert Mugabe ari kumwe n’abandi bantu. Hakibazwa impamvu iyi foto ye igaragaragaramo.
Ntibisanzwe nabanyarwanda koko!
ibitecyerezo
Ariko mujye muvuga mushishoje, ko amafoto atagiye hanze se mbere yuko yiyamamaza?
Ubuse aho bigeze ubu, icyari kibiri inyuma nticyagaragaye? Bazakomeza batwicire kugahera, natwe turimo turyana nkisenene?
Diane ni intwari; reba abanyarda bakandamijwe ntanumwe ugira icyo avuga, arikowe yanze gupfa atavuze, twese tubaye nkawe twakwikura iyi ngoyi mwijoro rimwe
nagatangaye atari umunyamakuru aruwi fotoje aruwayashyize hanze bose ni zero gusa uyu si umugabo agayishije umwuga wanyu mwagiye mwitorero mu musiga he ko nawe nabariyo
Ayamakur araryoshye kbs
ESE ABONA YARIKUTUBERA UMUPEREZIDA AGASHOBOKANABATURAGI?
bijye bibagaruka pe! nibo bababayifotoje
NTI BIKWIYEKO UMUNYAMAKURU WUMUNYAMWUGA YATANGAZA AYAMAFOTO ATABIGANI RIYEHO NAWA
Ariko koko uyu mukobwao udakora isuku kugutsina ndetse ntabe afite umuco nyarwanda koko yaraziko abaturage yamugirira ikizere ntazi kogosha iswa nibindi nagende ntamuntu ujurimo
Andika Igitekerezo Hano muramubeshera umukobwamwizAntagoyambara ubusa ubusabwambara abasazi#Mutabazi.uganda