Print

Dore ibyiza 8 byo gutera akabariro ku mugore uri mu mihango

Yanditwe na: 6 May 2017 Yasuwe: 33224

Iyi ngingo ntivugwaho rumwe kuko usanga hari abagabo benshi batekereza ko batakikoza abagore babo mu gihe bari mu mihango, nyamara hari ibyiza byinshi byo gukora imibonano mpuzabitsina ku mugore uri mu mihango.

.Ese umugore uri mu mihango ashobora gusama aramutse akoze imibonano mpuzabitsina
.Ese gukora imibonano mpuzabitsina nta kibazo ku mugore uri mu mihango
.Imibonano mpuzabitsina imariye iki umugore uri mu mihango

Hari abantu batekereza ko iyo umugore ari mu mihango biba ari ibintu bidashimishije,biteye iseseme n’ibindi nkibyo,nibyo koko abagore n’abakobwa bamwe mu gihe cyabo cy’imihango barababara cyane n’ibindi ariko burya kuba ari mumihango ntago ari impamvu n’imwe y’uko atakwifuza kubonana n’umugabo cyangwa ngo umugabo amukenere.

1.Bigabanya ububabare

Gukora imibonano mpuzabitsina igihe umugore ari mumihango bishobora kumugabaniriza ububabare yaba afite ,nko kuribwa umugongo cyangwa munda n’ibindi.

2.Umugore ashyukwa mu buryo bworoshye

Umugore uri mu mihango ashyukwa vuba cyane, abagore benshi bashobora kuba ibi batabizi kuko igihe cyose ari mu mihango ntaba anashaka ko umugabo amukoraho kuko kuri we gukora imibonano mpuzabitsina ni ikintu kidashoboka aba atinya kuba yakwanduza amashuka n’ibindi.

3.Bigabanya iminsi wamaraga mu mihango

Kuba umugore yakora imibonano mpuzabitsina igihe ari mu mihango bishobora kumugabaniriza iminsi yamaraga mu mihango niba yari itanu amezi atatu akazashira yarabaye ine.

4.bigabanya amaraso

Hari abagore bazana amaraso menshi cyane igihe bari mu mihango ubundi umugore arangiza imihango azanye 30-40ml y’amaraso, abo rero bageza kuri 40ml aba ari menshi gukora imibonano mpuzabitsina bishobora kugabanya aya maraso.

5.Nta kibazo cyo gutwita

Abagabo benshi bakunda iyo basohoreye mu mugore kandi atambaye agakingirizo,iyo umugore adafata ibinini cyangwa ibindi bimurinda gutwita inda itateganijwe kumurangirizamo bishobora kugira ingaruka ariko iyo umugore ari mu mihango nta ngaruka yo gutwita iba ihari umugabo yamurangirizamo nta kibazo.

Niba hari ikindi nawe waba uzi cyiza tutashyizeho nyuma yo gusoma iyi nkuru wakidusangiza ukagishyira ahagenewe kujya ibitekerezo by’abasomyi. Abagisha inama n’abashaka gusobanukirwa byinshi kuri iyi nkuru namwe muhawe ikaze !!


Comments

18 October 2022

mungire inama umugorewange maze amezi 8mauphs atajyamumihango kd ntaratwitanumusinumwe. mumfashe?menyicyogukora nsutizange.


Iragena Eric 11 October 2022

Nnc umuntu asamira muri onapo byagenze bite?


Iragena Eric 11 October 2022

None c umuntu asamira muri onapo byagenze bite?


Emmy NSEKANABO 27 May 2022

Murakoze kundema agatima ubu narinziko narikoze


4 August 2021

Muzatubwire imisi yogusama mbere yimihango nanyuma yimihango


4 February 2019

nubuhe buryo byokurongora umugore uri mumihango ese wamu nyaza ntibi mubonga mire? wa musisa? cyangwa wamu cumin a gusa
ndabaza


Gilberte 30 April 2018

Nonex Kobavuga Ngo Iyurimumihango Ugakora Imibonano Mpuzabitsina Ngo Ngusama Nibintu Byihuse


10 October 2017

UMUGORE IYO ATARI MU MIHANGO NIBWO ASAMA


patrick 27 August 2017

birashoboka kowaryamana nurimumih bikarang adasamy?nary sinarong umunt urimumihang!


Ganza David 12 August 2017

Ndumuhung mfit imyak 17 arik ntiny gukor imibonano mpuzabitsina.ubu nzabigenzente?