Print

Umusore yaciye igitsina cye abitewe n’umukobwa bakundanaga

Yanditwe na: Martin Munezero 11 May 2017 Yasuwe: 4598

Umusore w’imyaka 22 y’amavuko mu burasirazuba bwa Macedonia mu gace ka Kocaniwitwa Oliver Ilic yahamagaye polisi nyuma yo gukoresha akuma kameze nk’urwembe bakoresha kwa muganga ubundi agakata igitsina cye.

Nkuko byatangajwe nuyu musore,ngo yakase igitsina cye kubera umukunzi we yari yamubwiye ko igitsina cye ari gito ntacyo kimaze.

Ubwo Polisi yageraga aho uyu musore atuye yasanze igitsina cye n’ako kuma aho bamena imyanda,Ubwo umusore we yari yerekejwe mu bitaro bikuru bya Macedonia igitaraganya aho abaganga bamumazeho amasaha agera kuri ane yose.

Igitsina cye nacyo bakaba bagishyikirije umuganga uri kumwitaho,ariko uyu muganga akaba yatangaje ko kitazongera gukora neza nkuko cyakoraga bitewe nuburyo cyangiritse.


Comments

Ngolo kante 11 May 2017

yahise yikemurira ikibazo
yabonaga bimugora ahubwo uyu musore ninzazame kbs


mico pas 11 May 2017

Ndabona uyumusore arumuhanga cyane nomwishuri yaba uwambere atamubaye yakwikata umutwe!!!!?ahokugirango igitsina kikugayishe wagikuraho kbsa


Emmanuel 11 May 2017

Uyu musore ni barihma ba mujinya pee!


Isidole NSENGUMUREMYI 11 May 2017

Birakomeye cyane uwo musore ni ntabwenge kndi nimpubutsi nubwo uwo mukobwa yamwishe ubwo yamunengaga