Print

Umuhanzikazi Nyarwanda Fearless Stamina akomeje gucumuza abahungu batari bake bitewe n’amafoto agaragaza ubwambure akomeje gushyira hanze(AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 13 May 2017 Yasuwe: 9212

Imyambarire ya Fearless ku mafoto akomeje kugenda ashyira ku mbuga nkoranyambaga akomeje kugenda avugwaho n’abatari bake.

Umuraperi Keza Stamina Fearless wamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye amafoto akomeje kugenda ashyira ku mbuga nkoranyambaga akomeje kugenda avugisha abatari bake kubera imyambarire igaragaramo.




Comments

bitegwamaso alphonse 15 May 2017

ariko nta muntu yacumuje biriya nibisanzwe kubasitari Bose kandi bikozwe numunyamahanga ntacyo mwavuga


peter 15 May 2017

reka ngire icyo nisabira uyu munyamakuru,ese mbere yo gukora inkuru urabanza ugatekereza cyanga ukora inkuru nkiyi wasinze,ese uyu muhanzi niwe wacumuje abamarebye gusa cyangwa nawe ubimufashijemo,ese ubu ko harabana basoma iki kinyamakuru ubu ntubiciye ejo habo,mwagiye koko mureke kutuyobya nawe njye ndahamya ko wabimufashijemo.


fred 15 May 2017

nonese murabona mutarenganya umunyamakuru ninde atacumuje/
twese twa mututse bikomeye nonoe ngo ntawe yacumuje


habyarimana,abdunuru 14 May 2017

Ntuko isi aho igezenukwitondatukacyira ibiyirimo nkagirabagenzibajyekurekagutuka abanyamakuru kukobababatwereka aho isi igeze


habyarimana,abdunuru 14 May 2017

Ntuko isi aho igezenukwitondatukacyira ibiyirimo nkagirabagenzibajyekurekagutuka abanyamakuru kukobababatwereka aho isi igeze


End 14 May 2017

ESE wa munyamakuru we ubona wowe udafite ikibazo ngo yacumuzeje abahungu.Ese ko namibare ifatika utanga,nibangahe100.bucumuye uko mbibona wowe naba kuyobora muribamwe bakakwemwerera iyo ngirwamakuru.who mwatangaje ibifite akamaro,ESE ub’uri umunyamakukuru umwana wawe akazakubaza icyo wamariye rubanda nibyo uzamwereka. umva ibifitiye rubanda imbere kandi mwitekerereza abantu,muve mubangiritse uhubwo mubabwire inama babivemo thanks.


End 14 May 2017

ESE wa munyamakuru we ubona wowe udafite ikibazo ngo yacumuzeje abahungu.Ese ko namibare ifatika utanga,nibangahe100.bucumuye uko mbibona wowe naba kuyobora muribamwe bakakwemwerera iyo ngirwamakuru.who mwatangaje ibifite akamaro,ESE ub’uri umunyamakukuru umwana wawe akazakubaza icyo wamariye rubanda nibyo uzamwereka. umva ibifitiye rubanda imbere kandi mwitekerereza abantu,muve mubangiritse uhubwo mubabwire inama babivemo thanks.


Rudibura 14 May 2017

Mubi peee, nongere nti asyiii.


Joel 14 May 2017

iri shyano ririjyane nta munyarwandakazi WO kwigira gutya arasebya umuco Nyarwanda


Sylla 14 May 2017

Hahhhhhhh ako kantu ahubwo sha Juju
Uzi ko satani yahategeye abantu ngo abacumuze batuka kariya gakobwa

Toka satani nawe wa munyamakuru we wadutegesheje agakobwa...


Sylla 14 May 2017

Hahhhhhhh ako kantu ahubwo sha Juju
Uzi ko satani yahategeye abantu ngo abacumuze batuka kariya gakobwa

Toka satani nawe wa munyamakuru we wadutegesheje agakobwa...


Juju 14 May 2017

Hahhhhhhhhhh none c wagirango mwese ntimwarangije gucumura iyo niyo migambi ya satani arega,uyu munyamakuru yafatanije nuyu wiyita umuhanzi na satani maze barabacumuza.mbega ibitutsi,mumusabire ahubwo ave mu mbata za satani.


lg 14 May 2017

Ahubwo mwe mwataye umutwe aho gutangaza amakuru afitiye abanyarwanda umumaro mwirirwa mwiruka kubirumbo mureba ubusa bwabo ngo baracumuza,abantu ahubwo nimwe mubirirwa,inyuma muhengeza ubwo bubuno bwabo


Zidane 14 May 2017

Abanyamakuru rwose murasetsa
Iyo murebye kariya kanyogote
mubona gafite igikundiro koko
Karakanyagwa ni kabi mwikomeza kukabeshya


Vava 14 May 2017

ESE mbabaze muzi abasore dupfa gutwarwa imitima n’indays zose zambaye ubusa uriya arababaza imbere ye nta muntu numwe umwitayeho na game ahubwo nuwo gusengerwa ukuntu ari mubi byonyine bihagije ko ntawamutaho umwanya cyeretse ibihomora bimeze nkawe(Fearless)


Mapendo 14 May 2017

Pray for her. She mus be sick or loosing her mind. Kuko how can you look like this and expose yourself.


willy 13 May 2017

Abanyamakuru murasetsa, ikigisabune cy’ikiraya ninde wacyifuza koko. Yanitse akabi ke kanuka hariya ntanisoni ngo araducumuza. Shitani gusa!!!


gisa 13 May 2017

muve kumacuho, nako ubwotwe, ubu busa burasa nabi, ngo bwacumuza abahungu, kereka amabyi nkawe


Kambibi 13 May 2017

Aka kana kanuka inkari kacumuza nde koko?! Ahubwo mukabwire kazajye I Butaro gupimisha ariya mabere yako ntikazi ko amabere muri iki gihe agersmiwe na CANCER?! Arimo ararata amabere impyisi CANCERI irekereje...ntabyo mwifurije ariko.


kasaa 13 May 2017

Mwabanyamakuru mwe muribeshya cyane ngirango aba yabahaye akantu rwose iyi nyirahuku yacuza nde koko ? hahahaha ariko narumiwe nukuri which face ?


Bugingo Gaspard 13 May 2017

Uriya mwana ni uwo gusabirwa. Avuga ko igihe kinini akimara asenga NGO ni Umurokore!Nyamara ni umukozi wa satani. Ziriya mbaraga akoresha azihabwa na sekibi. Umunsi yakijijwe azavuga byose. Ibyo tuzi tunabona n,ibyo tutazi. Mumfashe dusabire abiyita ngo ni Abastars.


jerome 13 May 2017

Arerekana agasambusa ke kaabishye


Misigaro 13 May 2017

Namwe rero mukabimufashamo mukaza kumwanika hano. Mwarangiza mukiyerurutsa ngo bagirengo ntaruhare mubifitemo. Abarundi bati : Uwahennye aheba iby’inyuma. Nimumureke yiyereke isi.


jesus 13 May 2017

mwibeshya uwo mukobwa nimubi cyane ntamuhungu yacumuza icya kabiri uwo mukobwa nindaya kandi twe ntago ducumuzwa nibikobwa byasambanye nabantu benshi reka mbisubiremo icyo gikobwa ni kibi cyaneeee...


Nana 13 May 2017

Cryz