Print

Mu mafoto reba ibihugu 10 bya Afurika biza ku isonga mu kugira abakobwa bafite uburanga buhambaye aho u Rwanda rugeze ku mwanya wa kane(AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 14 May 2017 Yasuwe: 18078

Bisanzwe bizwi ko umugabane wa Afurika uza ku isonga mu kugira abakobwa baza ku isonga mu kugira ubwiza ntagereranya. Kuri iyi nshuro rero twabazaniye ibihugu 10 biza ku isonga mu kugira abakobwa beza kurusha ibindi.

. Ibihugu bifite abakobwa beza muri Afurika
. Uko ibihugu bya Afurika birushanya kugira abakobwa beza

10. Ku mwanya wa cumi haza igihugu cya Ghana

9. Umwanya wa cyenda dusangaho igihugu cya Tanzania

8. Umwanya wa munani uzaho igihugu cya Kenya

7. Ku mwanya wa karindwi hari igihugu cya Nigeria

6. Umwanya wa gatandatu haza igihugu cya Cote d’Ivoire

5. Igihugu cya Afurika y’Epfo ni cyo kiza ku mwanya wa gatanu

4. Umwanya wa kane hari igihugu cy’ u Rwanda

3. Ku mwanya wa gatatu hari igihugu cya Somalia

2. Umwanya wa kabiri uriho igihugu cya Eritrea

1. Igihugu cyegukana umwanya wa mbere mu kugira abakobwa beza muri Afurika ni Ethiopia

Mu kugena uru rutonde twagendeye ku makuru dukesha Top Ten y’ikinyamakuru "Urban Viral Media"


Comments

taylor princess 16 May 2017

oops.... that iz so muahh kbs u Rwanda we are glad


Mahoro john 16 May 2017

kabisa Éthiopie na Elitrea nabambere PE ndabazi neza nabayeyo muli buliya bihugu byombi.PE nabambere ndabemera.


solange ingabire 15 May 2017

ndabona u rwanda rwarikuza kumwanya wa10,kuko umukobwa waduhagarariye ntawe aruta pe ,murabo


Makala Melody 15 May 2017

Muri Ethiopia gushakana nabantu bo hanze ntakibazo! ahubwo muri erithrea ho bafunze mu mutwe sana!!!!!


Emman 15 May 2017

Ariko se na Nyampinga w’u Rwanda abarwa mu bafite uburanga, iyo bafata muri bariya bana batanaga nawe niba ari uburanga gusa barebye. uriya mwanya rwose si uwe.


Jojo 15 May 2017

Hatarimo abarundi ntago mbyemeye gusa Ethiopie na Somalia mwabikoze Rda Burundi bagakurikira


Jojo 15 May 2017

Hatarimo abarundi ntago mbyemeye gusa Ethiopie na Somalia mwabikoze Rda Burundi bagakurikira


Djamira 15 May 2017

bose nibeza but numwanya wa8 muwumanure ujye kuri 2


Habineza Augustin 14 May 2017

Uriyamukobwa Washyizwe Kumwanya Wa 7 Niwemwiza Kubarusha Sinzi Icyobagendeyeho Bamushyira Kuwaka 7 Ubundi Yari Kuba Uwambere.


eric 14 May 2017

Nta facts kabsa ! Mujye mutubwira impamvu, n’umubare wabantu mwabajije muri research.?????????????????????????


eric 14 May 2017

Nta facts kabsa ! Mujye mutubwira impamvu, n’umubare wabantu mwabajije muri research.?????????????????????????


eric 14 May 2017

Nta facts kabsa ! Mujye mutubwira impamvu, n’umubare wabantu mwabajije muri research.?????????????????????????


Nameless 14 May 2017

Tanzania bayibeshyeye, yakurikira u Rwanda , uburundi bugakurikiraho nubwo batabushyize kurutonde!


Eminem 14 May 2017

ibi nukuri bt habuzemo abarundi


amiel 14 May 2017

Abakobwa ba Ethiopiya na Erithrea yego ni beza... ariko kubarongora ni nko kurongora igiti.... kuko aho kugirango bace imyeyo bayigwize bo babaca imishino bagakuraho ku buryo nta buryohe n’umunezero bagira n’ubwo yaba asa ate....


Anthony 14 May 2017

Andika Igitekerezo HanoBuriya rero umwanya wambere nawuha Somalia kuko abakobwa baho umubare mwinshi imiterere yabo n uburyo bitwararika nubwiza nibo bambere .naho Ethiopia


twin yeah 14 May 2017

That is true!! Ethiopie igira abakobwa beza ni ihamwe. No kuba ikurikirwa na Erithrea ni byo rwose! Abakobwa ba Ethiopia wabarebera no mu ndege za campany yabo Ethiopian Airlines! Nta handi baba!!


Polo 14 May 2017

Burundi batarimo ntibyakunda


Bimenyimana Jean Damamascene 14 May 2017

Ese Ku isi Yose URwanda Rwaza Arurwakangahe?


Kamina 14 May 2017

Haraburamo Uburundi bukurikira u Rwanda mbere y’ibihugu bya West Africa.Ubundi muri rusange ihembe ry’Africa niryo no.1, hagakurikiraho East Africa,no.3 ikaba West Africa,no.4 South Africa hagaheruka Central Africa


tee 14 May 2017

Burundi? Abarabu magrebu..?????????


tee 14 May 2017

Burundi? Abarabu magrebu..?????????


Habineza 14 May 2017

Imyanya ihabwa Etyopie na Erytree nibyo gusa imico yabo iraruhije ku buryo gusabana na bandi batali ab’iwabo ni ukwihambira.


Vicky Giza 14 May 2017

Ibi ni ukuri 100%