Print

Mu mafoto reba imiryango igera ku 110 yasezeraniye imbere y’Imana ku munsi umwe mu birori by’akataraboneka byarazwe n’udushya twinshi(AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 22 May 2017 Yasuwe: 4202

Mu gihugu cy’u Bushinwa, imiryango igera ku 110 yasezeraniye umunsi umwe mu birori by’akataraboneka byarazwe n’udushya twinshi kuri iki cyumweru tariki ya 21 Gcurasi 2017.

Ibintu byasaga n’ibidasanzwe ndetse bitanakunda kubaho muri kiriya gihugu ko abantu bangana gutya bahuza umugambi bagakora igikorwa kimwe kidasanzwe nk’iki.

Muminsi ishize, nibwo mu gihugu cya Uganda habaye ibindi bisa n’ibi ubwo hasezeranaga imiryamgo igera kuri 270.

Abagabo mu mu makositimu y’imikara n’abageni babo mu makanzu yera, aho bari bateraniye hari hanogeye amaso mu birori byafashwe nk’akataraboneka.