Print

Reba ibaruwa iteye agahinda cyane Regis Kamugisha yandikiye umugore we wapfanye n’abana babo babiri "Teta na Olga" abasezera(IBARUWA)

Yanditwe na: Martin Munezero 30 May 2017 Yasuwe: 32297

Ku munsi w’ejo tariki 29 Gicurasi 2017 nibwo hashyinguwe umugore n’abana 2 ba Regis Kamugisha baguye mu mpanuka yabaye kuwa gatandatu, ibera mu makoni y’umuhanda wa Shyorongi, ihitana abantu 14 barimo n’umuryango wa Regis.

Umugore we Seraphine Candida Itangishaka w’imyaka 33, abana be Orga Gwiza Kamugisha w’imyaka umunani na Ornella Teta Kamugisha wari ugiye kuzuza imyaka 10 ntibarokotse impanuka y’iyi modoka . Bari bavuye i Musanze batashye aho bari batuye i Nyamirambo mu Mujyi wa Kigali. Bari bavuye gusura Kamugisha aho akorera i Musanze.

Mbere yo gushyingura umuryango we, Regis Kamugisha yandikiye ibaruwa umugore we amusezeraho ndetse amusezeranya ko bazahura mu gitondo cy’umuzuko(Ijambo rikunda gukoreshwa n’abo mu itorero ry’abadivantisiti w’umunsi wa karindwi ari naho Kamugisha asengera, basobanura igihe abantu bazazukira, bagiye mu ijuru).

Ni ibaruwa yafotowe na bamwe mu nshuti z’uyu muryango. Ni ibaruwa yagiraga iti

" Mugore wanjye nkunda, wambereye inkoramutima, umbera uwo kubahwa, umbera umubyeyi w’ibibondo byanjye none murajyanye kandi muransize! Koko ibikundanye birajyana! Sinzakwibagirwa. Bye TUZAHURA MU GITONDO CY’UMUZUKO."

Amakuru umuryango.rw ikesha umuntu w’inshuti y’umuryango wa Regis avuga ko kuva yakumva inkuru y’urupfu rw’umuryango we ngo yarahungabanye ku buryo bukabije ariko ngo kuri ubu ari kugenda amera neza . Mubari kumuba hafi harimo maman we umubyara ndetse na bamwe mu baririmbyi baririmbana muri Korali.


Comments

Hategekimana Didas 3 January 2018

Ahhahh!! Birabazaza pe! Gusa lmana ikomeze kwihanganisha uyi mu papa knd imurinde kwiheba.


Hategekimana Didas 3 January 2018

Ahhahh!! Birabazaza pe! Gusa lmana ikomeze kwihanganisha uyi mu papa knd imurinde kwiheba


Hategekimana Didas 3 January 2018

Ahhahh!! Birabazaza pe! Gusa lmana ikomeze kwihanganisha uyi mu papa knd imurinde kwiheba


Hategekimana Didas 3 January 2018

Ahhahh!! Birabazaza pe! Gusa lmana ikomeze kwihanganisha uyi mu papa knd imurinde kwiheba


Fabiola 17 June 2017

Andika Igitekerezo Hanosinzi sorry bibaho


Habanabashaka Emmanuel 9 June 2017

Niyumviye ubuhamya bwa Kamugisha Regis mukuri Imana irikumwe nawe muhumure! Ntagitungura Ruhanga azi impamvu yabyo Twese Imana itwigishe kubara iminsi yacu tuzibukire icyaha kuko nicyo cyazanye urupfu


Gatete Jean 6 June 2017

It is well with my soul! pole sana Mr Kamugisha


kirezi 3 June 2017

Imana ibacyiremubayo


tuyisenge 3 June 2017

Manawe tabar umugaraguwawe Mugabo Imana Itangishaka gus kwiyakir biragoye ArikoNyagasani Akwiteho


tuyisenge 3 June 2017

Manawe tabar umugaraguwawe Mugabo Imana Itangishaka gus kwiyakir biragoye ArikoNyagasani Akwiteho


3 June 2017

BIBAHO ARIKO HARIBINTU UBONA KUBYAKIRA BIKAGORANA HUNYUMA UBUZIMA BURAKOMEZA


Didacentambara 2 June 2017

Yooo.Gushaka Ni Ukw’Imana,niyo Itanga Kdi Niyo Yisubiza,mugabo,ihangane Uhagarare Gitwari.


Peace 2 June 2017

Mana we!ndababaye pe Regis komera uwiteka azaguhoza


Didacentambara 2 June 2017

Yooo.Gushaka Ni Ukw’Imana,niyo Itanga Kdi Niyo Yisubiza,mugabo,ihangane Uhagarare Gitwari.


gogo 2 June 2017

Nukuri Imana ikomeze uyu mugabo imuhe gukomera


gogo 2 June 2017

Nukuri Imana ikomeze uyu mugabo imuhe gukomera


jean poul 1 June 2017

mbega agahinda atazibagirwa


1 June 2017

yoo imana ibahe iruhuko ridashira kd twifatanyije nawe murako kababaro


1 June 2017

Andika I girdle real Hano.ndababaye birenze


JAJA 1 June 2017

YESU WE? TABARA ABANA BAWE,KOMEZA UMUGARAGU WAWE REGIS,NUKURI UMWUBAKE KUKO NIWOWE WUBAKA BIGAKOMERA, KDI UMWIHANGANISHE KUKO NIWOWE WENYINE UGIRA UKO UBIGENZA BIKEMERA AMEN


Mukamazimpaka Jacqueline 1 June 2017

Imana imukomeze muribibihe bitoroshe nukuri biragoye kubyakira gusa ntakundi byagenda kuko Imana yisubije Ibyayo nibaruhukire mumahoro


Mukamazimpaka Jacqueline 1 June 2017

Imana imukomeze muribibihe bitoroshe nukuri biragoye kubyakira gusa ntakundi byagenda kuko Imana yisubije Ibyayo nibaruhukire mumahoro


Aimee 1 June 2017

twifatanyije mu kababaro Regis, mukomeze kwihangana, kd twizeye ko muzongera mukabonana mugitondo cyumuzuko.Amen


mado 1 June 2017

Imana ikomeze kumukomeze imube hafi kd imwongerere imbaraga. natwe dukomeze kumusabira.


mado 1 June 2017

Imana ikomeze kumukomeze imube hafi kd imwongerere imbaraga. natwe dukomeze kumusabira.


mado 1 June 2017

Imana ikomeze kumukomeze imube hafi kd imwongerere imbaraga. natwe dukomeze kumusabira.


TUGANEYEZU Theophlee 1 June 2017

Imana ibakire mubayo kdi komera


Justine NYIRARUKUNDO 1 June 2017

Umuvandimwe Regis,Imana yo izi guhumuriza nimuhumurize,kandi irabishoboye ntagushidikanya.Natwe nubwo turi abanyantege nke ntabwo duhwema kumusabira.Igihe ni gito cyane tukitahira iwacu aho tuzabonana nabo twabuze,ntitwibuke ko twigeze tubabara.Regis Uwiteka akwitayeho rwose,komera.


Venant 31 May 2017

Mukomeze kwihangana,ibyababayeho n’agahinda!ariko Uwiteka afite impamvu kdi arabazi.


Venant 31 May 2017

Mukomeze kwihangana,ibyababayeho n’agahinda!ariko Uwiteka afite impamvu kdi arabazi.


ushizimpumu hassan 31 May 2017

komeza kwihangana imana izaduhuzanabo kumunsi w’imperuka


Jacky Munana 31 May 2017

Imana niyo ifite ubuyobozi bwibyo twibwira byose ninayo impanvu ya buri cyose kitu aho kuko yo ntakiyirungura . None rero muvandimwe nshuti humura kandi wihangane Abacu twabuze Bose duharanire kuza babona muri cyagitondo cyumuzuko .


Jean 31 May 2017

Regis?Komeza kwihangana Kandi umuryango wawe Imana iwakire mu bayo.


Eric USA. 31 May 2017

Birababaje ariko uneshenka Yobu,ukomeze ibyiringiro byawe.Satani arigukoresha impanuka numwemumitego ye,ngwabantu bapfe batihannye.Ariko,Yesu wagushyize,mwitorero rye ryasigaye,Muzabana muriyiminsi itakoroheye. YESU araje .


Eric USA. 31 May 2017

Birababaje ariko uneshenka Yobu,ukomeze ibyiringiro byawe.Satani arigukoresha impanuka numwemumitego ye,ngwabantu bapfe batihannye.Ariko,Yesu wagushyize,mwitorero rye ryasigaye,Muzabana muriyiminsi itakoroheye. YESU araje .


Jackson Dusingizimana 31 May 2017

Ihororere imana irabizi ,sobanukirwa neza numarakumenya neza ushime imana kuko yaragukundaga nabawe none urasigaye korabicyasigaye kumuntu eumugabo , natwe turaguhumurije : nitumara kwampuka yorodani tuzagura cyane nabacu, humura tuzabonana


Bentana 31 May 2017

Ooh my God 😭😭😭impore muwandimwe gusa imana yo mwijuru yony’iguhumurize


Bentana 31 May 2017

Ooh my God 😭😭😭impore muwandimwe gusa imana yo mwijuru yony’iguhumurize


Bentana 31 May 2017

Ooh my God 😭😭😭impore muwandimwe gusa imana yo mwijuru yony’iguhumurize


Maniragaba dieudonne 31 May 2017

ihangane turi mwisi yumubi mugihe tugitegereje isinshya ni juru rishya aho yesu kristo aho azaba ariwe uyuyoboye tuzagira amahoro menshi none komera kuko ntaruphu ntakuboroga bizabaho ukundi.


KINYAGIRO FIDELI 31 May 2017

HEZA MAN NTAKUNDI>


gloria 31 May 2017

Komera komera muvandi legis ibintu byakubaye birakomeye kuko ufite kwizera imana izaguha nogukomera


gloria 31 May 2017

Komera komera muvandi legis ibintu byakubaye birakomeye kuko ufite kwizera imana izaguha nogukomera


willy 31 May 2017

Imana izi byose kd muriyisi siho iwacu gusa ndizera ko lmana yabakiriye mubwami bwayo kd ndihanganisha legis lmana umuhe imbaraga


geny 31 May 2017

Imana ibahe iruhuko ridashira gusa birababaje Imana ibane nuyu mubyeyi wasigaye


Nshakubuntu Eliezel 31 May 2017

Imana ikomeze Regis Gusaï‘ ï ¼ twitegure kuko umunsi uri hafi tukabona abacu twabuze. kdi kwihangana bitera kunesha


vio 31 May 2017

Imana Ikube hafi,Ikwihanganishe,kuko ibyabaye twese byaturenze ariko isi niko iteye Yesu abane nawe.


Alexis phosphore 31 May 2017

Birababaje ariko nukwihangana tumube hafi koko nukugurizanya


pauline 31 May 2017

imana yonyine yo mu ijuru imwakire n’abateta nabakundaga cyane njyewe byandenze sinabona icyo mvuga gusa yesu azibyose kandi azimpamvu


pauline 31 May 2017

imana yonyine yo mu ijuru imwakire n’abateta nabakundaga cyane njyewe byandenze sinabona icyo mvuga gusa yesu azibyose kandi azimpamvu


pauline 31 May 2017

imana yonyine yo mu ijuru imwakire n’abateta nabakundaga cyane njyewe byandenze sinabona icyo mvuga gusa yesu azibyose kandi azimpamvu


pauline 31 May 2017

imana yonyine yo mu ijuru imwakire n’abateta nabakundaga cyane njyewe byandenze sinabona icyo mvuga gusa yesu azibyose kandi azimpamvu


Kayitesi Annet 31 May 2017

Yooh imana ibakire mubwami bwayo Kndi ikomeze kukwihanganisha iguhe umutima ukomeye.


janvier 31 May 2017

Imana Ibakire Mubayo Kdi Umuvandimwe Wabuz Umuryang We Akomez Kwihangana.


Kayitesi Annet 31 May 2017

Yooh imana ibakire mubwami bwayo Kndi ikomeze kukwihanganisha iguhe umutima ukomeye.


31 May 2017

Ibyabaye kuri uyu muvandimwe wacu nta muntu ugira umutima wa kimuntu bitababaza, Gusa nanjye ndamwihanganishije, turi kwisi kandi isi ntisakaye. Komera muvandimwe.


Gashumba celestin 31 May 2017

Imana ibakire mu bayo


Emmanuel 31 May 2017

Imana imuhe ihumure ryayo itangira ubusa ntakiguzi kdi nabo bavandimwe bakomeze kumuba hafi. natwe turamwihanganisha nakomere nubwo bitoroshye.


31 May 2017

IMAMA IBAKIREMUBAYO YISITUZAYISIGATWITAHIREWIJURU NTAWUZONGERAGUTAKANTARUFURUZONGERAKUBAHO DAMASENTI HABIYAREMYE NYAZA INTRAYAMAGEFO


jean kanayoge 30 May 2017

Imana y’amahoro isure uyu muvandimwe imukomeze rwose ,iyi nkuru uyumvise wese asesa urumeza.Abacitse kwicumu rya genocide tumwegere nitwe twumva ububabare bwe tumusengere tumuganirize asubirane ubuzima.


Gashema Elias 30 May 2017

Ikintu cyose kibaho mu mugambi wa Imana ,gusa yo yonyine igukomeze ibashe ku kwibagiza ibi bibaye knd hamwe no gusenga muzahura ku munsi w,umuzuko.


Gashema Elias 30 May 2017

Ikintu cyose kibaho mu mugambi wa Imana ,gusa yo yonyine igukomeze ibashe ku kwibagiza ibi bibaye knd hamwe no gusenga muzahura ku munsi w,umuzuko.


Eric 30 May 2017

Haribintu bibaho ukibaza impamvu Imana iba yemeye ko biba ukumva uramutse ugize amahirwe yoguhura nayo wayibaza impamvu yabyemeye.

ubuse koko nkuyu wamukomeza umubwira iki? wamhera he se basi? Imana yonyine izi inzira yanyuramo ngo imugarure mubumuntu abariyo imufasha kuko umwana w umuntu we byamugora pe


Eric 30 May 2017

Haribintu bibaho ukibaza impamvu Imana iba yemeye ko biba ukumva uramutse ugize amahirwe yoguhura nayo wayibaza impamvu yabyemeye.

ubuse koko nkuyu wamukomeza umubwira iki? wamhera he se basi? Imana yonyine izi inzira yanyuramo ngo imugarure mubumuntu abariyo imufasha kuko umwana w umuntu we byamugora pe


Lulu 30 May 2017

Imana isana imitima imanukire kukwitaho muvandimwe.satani akwigirijeho nkana.ariko humura bagiye kuyabaremye


Kansange 30 May 2017

Mana kuki wabyemeye?ihangane muzabonana yesu naza kd azaza vuba


Kansange 30 May 2017

Mana kuki wabyemeye?ihangane muzabonana yesu naza kd azaza vuba


benykaragwe 30 May 2017

uwiteka Imana we mubaji w’imitima akube hafi aguhumurize kdi agukomeze muribi bihe urimo bitakoroheye! biragoye nkabana babantu kubona ijambo twakubwira risana umutima wawe..... Ihangane ntakiba Imana itakizi kdi idusaba gushima mu bibi no mu byiza!Imana ikube hafi


umutoniwase 30 May 2017

Mu ijuru ntituzababara ukundi amarira yose twarize tuzayahora.Muvandimwe nshuti Regis komera kdi uhumure mu gitondo cy’umuzuko muzabonana nubwo bigoye kubyakira ariko lmana ikube hafi


Kamugisha hassan 30 May 2017

Muvandimwe twitiranwa mbabajwe cyane nibyakubayeho imana yoyonyine yumva gutaka kwacyu nigufashe


Eric Sibomana 30 May 2017

Komera muvandimwe! Uwiteka akube hafi muri ibi bihe bikomeye!


Niyibizi 30 May 2017

Imana ibakire mubayo turizera tudashidikanyako tuzahurira mujuru


Habanushaka 30 May 2017

Ihangane nyuma yo kubura abawe ndetse n’indi mibabaro yose hari ubundi buzima.


Tuyishime.Eric 30 May 2017

Kamugisha Ihangane Imana Igiye Kuguhoza Umubabaro Gusa Birababaje Cyaneeeeee.


antony 30 May 2017

yooo disi ni candida twiganye i Gacu Imana imwakire mu bayo


zaza 30 May 2017

Imana yonyine niyo yabona ijambo rihumuriza ryo kukubwira. Jye ntaryo nabona niyo mpamvu nsabye uhoraho ngo agusange yomore icyo gikomere kitagira uko cyivugwa!


nduhungirehe jean damaseni 30 May 2017

Andika Igitekerezo Hano. rejisi. mukuruwange. nifatanijenawe. nkimarakumva. urupfu rwabacu. rwabereye haruguru. yomurugo. ubu umubaro nagahinda nibyose. ariko twihangane tuzongera kubonana. nabacu yesu agarutse. nukontazi aho utuye naza. kugusura. uwiteka imana akurinde. unsuhurize gatera. hakiza arex nabandi. dusenge mana. yacuturagushima ibyo ukorabyose.mwisi nomwijuru habakumuntu nibindibiremwa. tuziko ibyisi. bizavaho. vuba ngahotwongerere imbaraga mugakiza. imitimayacu yeguheranwa nibibi duhura. nabyo mwisi. ufashe
rejisi. nindimiryango yabuze. ababo kubera iriyampanuka. ngaho ibyushakabibe mwinomwijuru. mWizina ryayesu. amena


Eric Rusamaza 30 May 2017

Imana ihumuriza imitima igakomeza amavi atentebutse yibuke umuvandimwe utandukanijwe n’umuryango


neza kelly 30 May 2017

Nukuri muvandimwe wihangane imana izimpamvu yibi kdi ndahambyeko yabakiriye mumbwami mbwijuru kdi ukomeze kwihangana ati:tuyishime nibyiza no mubibi


30 May 2017

Mana yajye koko kucyiwemera ibintu nkibi gusa ihangane komera kigabo kndi Imana igufashye iguhe umutima wokwihangana jyewe nanubu amarira nagahinda nibyose


30 May 2017

Mana yajye koko kucyiwemera ibintu nkibi gusa ihangane komera kigabo kndi Imana igufashye iguhe umutima wokwihangana jyewe nanubu amarira nagahinda nibyose


claire 30 May 2017

Mbega inkuru ibabaje! Regis Imana yonyene niyo yaguhoza, iguhoze amarira, ikomore ibikomere, abakuri hafi bakomeze bakube hafi, kandi uhumure nshuti y’Imana yonyine izi impamvu yabikoze, turagusabira ngo iyicaye kuri yantebe izabane nawe iteka Amen


moi 30 May 2017

Imana niyo yagira icyo ifasha uwo mwana wayo wasigiwe agahinda kindenga kamere numuryango we, Mana itabara tuziko ushobora byose muhe ukwihangana guturutse iwawe kuko twe nkabantu biradukomereye cyaneee.


HABINEZA Valens 30 May 2017

Imana ibakire mu bayo kandi ikomeze irinde Regis mu gihe asigaye wenyine muri iyi si.


usanase soso 30 May 2017

Mana ihanganishe uyu wasizwe


julie 30 May 2017

Uwiteka azi impamvu y’ibiba byose kandi ni we ufite igisubizo. nizeye ko adapfuye ahubwo atashye kandi mu gitondo cy’umuzuko tuzahura dushima. twihangane kandi Imana ibyumve


Coco 30 May 2017

Mwenedata umusonga ufite ntawawumva pe biragoyeeee nanjye utakuzi mshakiriyinkuru ikiniga kikanyoca komera kigabo ukomere nkuwizera Imana yabyemeye izimpamvu kdi igukomeze


Abahuje Gloria 30 May 2017

Twababazima twabadupfuye turabayo gusa imana sinabona icyomvuga kindi gusa imana izamufashe koko nkuko abyizeye bazongere babonane aho batazongera gutandukana ukundi mwijuru ryamahoro nshimiye cyane abantu barimo kumuba hafi mukomeze mumwegere izi guhemba abagizi baneza namwe izabahembe


HJ 30 May 2017

Birababaje cyane


pole 30 May 2017

muravugishwa ngo numuhanda wagizengo iyo urupfu rwaje harurusumbuka imana yarushyizeho iha naburimuntu yaremye igihe azamara kwisi nukwihanga ahubwo naho nikobigenda igihe cyawe cyageze ninkoko yakwirenza ikakwica ugapfa


Kubwimana 30 May 2017

KAMUGISHA Legis komeza kwihangana muri ibibihe bitoroshye.


Kubwimana 30 May 2017

KAMUGISHA Legis komeza kwihangana muri ibibihe bitoroshye.


Flodouard 30 May 2017

Regis Imana ikube hafi ikwihanganishe.ntacyiza cyo mwisi gusa Imana izaduhe kugira iherezo ryiza hamwe nabacu


Niyigena odeth 30 May 2017

nukuri mukomeze kwihangana kuko bibaho mubuzima knd koko twese tuzahura mujyitondo cyumuzuko mwijuru gusa ntitwabura kubabara ariko nizera neza ntashidikanya ko tuzahozwa ayamarira, mukomeze kumubahafi uwo muvandimwe kamujyisha.


nshimiyimana emmanuel 30 May 2017

dore igitondo kiraje ,ndabona umucunguzi wacu ageze kubicu,ooooh humura ugiye guhozwa amarira yose waririye muriyisi,Imana yamhoro ikungwirize kwihangana no kubana nayo


kwihangana 30 May 2017

sha birababaje kandi biteye agahinda.gusa njye ndisabira HIS EXCELLENCY. N’inzego zibishinzwe polici.CID.,guhagurukira uriya muhanda n’abawukoze bose bahannywe kandi bivuye inyuma..uriya muhanda barawuriye ku buryo bugaragara.bigera aho na bordure bayirya.muzarebe accident zose mbi zibera ahantu imodoka bigaragara ko yabuze aho ihungira kuko ku ruhande rwayo nta bordure ihari hahanamye ku buryo agiyeyo yayitamo ikangirika... ku ruhande ruturuka musanze kea kundi umuntu yiba umuhanda ntahahari..
muribuka ba bana i kamyo yuriye??(umanutse ku kirenge gato) muzarebe neza aho ariho muzasanga ikamyo yarabasatiriye babura aho bahungira itaburirara...
iyi coaster nayo bigaragara ko yikanze imodoka yamuririye umuhanda arebye ku ruhande rwe abona ni umukingo(bordure)
ajya mu mukono utari uwe kuyikata biranga kuko yari agiye kubisikanira i buryo...imanuka hepfo iyo
.so please mu misoro dutanga mudukoreshereze iriya bordure kuva musanze imodoka nigusatira uyihungire iwawe basi..


paonne 30 May 2017

yoooo nakomeze kwihangana disi