Print

Nkore iki ko iteka mba numva nshaka gukora imibonano mpuzabitsina?Rimwe ryaransajije pe!

Yanditwe na: Martin Munezero 1 June 2017 Yasuwe: 9294

Mfite imyaka 18, mbana n’ababyeyi banjye bose, Papa na Mama ariko buri gihe mba numva nshaka gukora imibonano mpuzabitsina.

Nigeze kubikoraho rimwe n’umuhungu twiganaga ariko turangije Primaire twese twaraburanye,ariko mwumve ngo iryo rimwe nanubu riracyatuma nshyuha cyane muri njye pe.

Mba numva rwose mbishaka cyane ariko nubwo mba numva umubiri uba unshuka cyane nanone umutima wanjye ntago unyemerera kuba nabikora kuko kuko ndakijijwe.

Mba numva nzabikorana n’umugabo wanjye tuzabana kandi mba mbona bizafata igihe kirekira kugirango mbane n’uwo tuzarushingana kuko ubu niga mu wa kane wisumbuye (secondaire).

None ubu koko niki nakora kugirango icyo kibazo kibazo cyange gikemuke? Nukuri ndaremerewe pe.


Comments

mubyeyi 4 June 2017

umva nshuti yanjye ibyobintu uzabishyiremo ubwe cyane kuko nutabikora ntacyuzaba wasanga arihosatani yaguteye gusa none umubiri numubiri niwumva bikunaniye uzibuke ka pridance mwana wama kuku ushobora kubura ibyuma nintama


KIZIMA JOHN 3 June 2017

Uwakunsigiriza ngo nkumaremo uwo mushyukwe wumve uko ubaye sweetie.


man power 3 June 2017

Nubwo wakoriki ntiwahaza irari ryu mubiri ifate uhugire mubindi ukore siporo usome ijambo ryi MANA ikubabarire nutifata kakubayeho uza bura ubwenge uzabe umusazi upfe imburagihe


yohanita 2 June 2017

uyje usenga imana nibyose izabikuraho


RUPFU 2 June 2017

uzaze nanyje mbanumva twakwifatanya sha tukaryoherezanya


John 2 June 2017

Azashyiremo urusenda.


Gasake 2 June 2017

Hhhh umva uzashake umwanya unsanjye mu rugo nguhe umuti.


michel 2 June 2017

komera muvandi ibyo bibaho bitewe nimyaka ufite irabikwemerera ariko umubiri ntugomba kudutegeka ibintu byose nimubwonko icyo wishyizemo nicyo kikubaho,niba ukijijwe banza wihane kuko wasambanye nurangiza usenge Imana uyisaba kugushyira kurugero rukwiye. Imana nigufashe kdi ikunve


paul 2 June 2017

niwumva bije ujye wicara Mu ibase y’amazi akonje


kabebe 1 June 2017

Igihe urikumva ubishaka ujyewicara mumazi akonje iminota icumi bizagufasha.


0722524502 1 June 2017

Uzongere ubikore ushire irari


0722524502 1 June 2017

Uzongere ubikore ushire irari


Karangwa jo 1 June 2017

Nonese ko uvuga ko ukijijwe uzi icyo wita gukizwa? wibuke ko iyo usambanye uba ubaye umwanzi w"Imana kandi imirimo wakoze yose ihita isibwa. ubwo niba ushaka kurimbuka uzasambane


Karangwa jo 1 June 2017

Nonese ko uvuga ko ukijijwe uzi icyo wita gukizwa? wibuke ko iyo usambanye uba ubaye umwanzi w"Imana kandi imirimo wakoze yose ihita isibwa. ubwo niba ushaka kurimbuka uzasambane


Makombe 1 June 2017

Kora


jeremie 1 June 2017

Mushiki wacu Imana wagishije Imana yagusuye ikomeze ikugenderere kdi ikwiteho. Gusa fata umwanya wo gusenga, wirinde igitekerezo kirebana n’ubusambanyi (ibiganiro,agakungu, film...),ita ku murimo kdi urebe umujyanama (père,mère spirtuelle) muganire cyane bizagufasha. Mugire amahoro y’Imana.


kabébé sueet 1 June 2017

umva bikore,ukoreshe condom maze ukire ubwo buribwe n’ubushye!!enjoy


Alias 1 June 2017

Inama nyayo,jya kumuhanda wicuruze kd ujye ugitangira ubuntu ugusabye wese umuhe uzawuvamo ubihaze


Alias 1 June 2017

Inama nyayo,jya kumuhanda wicuruze kd ujye ugitangira ubuntu ugusabye wese umuhe uzawuvamo ubihaze


Alias 1 June 2017

Inama nyayo,jya kumuhanda wicuruze kd ujye ugitangira ubuntu ugusabye wese umuhe uzawuvamo ubihaze


1 June 2017

woe urakuze ifatire decision kuko urakuze gs bikore ukiri muto kugirango utazicuza nyuma warashatse


gahigi francois 1 June 2017

gabanya umushyukwe bitewe numurengwe kuko ,ushobora kuhandurira aids nizindi ndwara ziterwa nimibonano muzabitsina


mbarushimana jeanluc 1 June 2017

Ariko wanatangiye kare pe!muri primaire koko? uragirango utwumve pe !ubwose ubundi wumvise iki?uwo mwabikoranye se ubu umubonye wamwongera?wararangiye ahubwo


1 June 2017

urakoze kumutima ukubuza,kuko hari
nabatumva kumutima ubibabuza iyo nintambwe nakwizezamo ko Imana wiringira izagufata.ikaba ariyo igukomeza iho watentebuka gusa kinds gusenga no kuba mubihe byo gusenga.


mucinya 1 June 2017

Andika Igitekerezo Hano
WABIKORERAGA IKI?
yubireka ntukabeshye ngu rasenga
ubwo wahuye nu uwisira muje bwambere.
inama nu ukujya ku mavi ugasenga cyane .kuko iyu umwisiramu iragoye
bt umuti nu ugusenga uka bireka


Umuhungu 1 June 2017

NONESE NYINE KO WUMVA UBSHAKA UZAKIRA IKI? INAMA NUKUREKA KUBISHAKA.


Papy Gulliver 1 June 2017

N’undi nkawe yumvireho ndaguha amategeko atanu ugomba kugenderaho:1.Irinde gutekereza kureba kumva no gukora ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina,.2.Shaka ibintu bituma uhora uri busy,amasomo ’n’utundi turimo dutandukanye.3Shaka groupe y’abantu ukeka bafite imyemere ihamye y’Imana muge musengana ari nabo muzajya mugendana.3Kora sport ihagije umubiri wiyumve ubwonko bukore neza kuko aribwo bukoresha umubiri.4Menya ahantu ugomba kuba uri mubuuzima bwawe bwaburi munsi.5Nibyanga uzajye kwa muganga barebe ikibazo ugite.


HM 1 June 2017

Warebye abahungu hafi yawe nabo bafite ikibazo nk’icyawe ko nzi ko ari benshi mugakemurirana ibibazo?


Mucyo Aime 1 June 2017

komeza wigire agatebo azabona icyo uzasarura kuko ntakindi nakubwira


Kim 1 June 2017

Komeza uyikore nyine, ubundi se uracyaramira icyi ko ubusugi wabutakaje!
Wamaze kuba second hand girl byararangiye.


rudakubana 1 June 2017

Rwose uwo mutima wawe ni ukomeze uguhakanire rwose kuko nukureka ntahandi uzaba ukujyanye uretse mu rwobo uzabamo iteka ryose!
Gerageza utsinde iyo sekibi mwana rwose uracyari muto kandi ejo niheza kuri wowe nutsinda icyo kigeragezo


Jonathan 1 June 2017

Mushiki wacu inama naguha iteye itya:

1. Kwifuza imibonano nta kibazo kirimo kuko ni ikimenyetso cy’uko uri muzima,

2. Kuba usenga ni byiza, bizagufasha kwirinda imibonano mpuzabitsina mbere yo gushyingirwa, none ukomeze usenge, kandi ujye ujyira umwanya uhagije WO gusoma, kwiga no gutekereza Ku ijambo ry’Imana, bizagufasha kutabonera umwanya ibitekerezo by’ubusambanyi,

3. Ntabwo nzi abantu mumarana umwanya,ariko Niba muri bo habamo abaganira Ku mibonano mpuzabitsina wagabanya umwanya ubagenera, kuko ibyo biganiro bibyutsa irari ry’ubusambanyi mu muntu,

4.Ntabwo nzi ibitabo usoma, cyangwa film ureba, ariko niba harimo ibivuga Ku mibonano mpuzabitsina wabyirinda, kuko nabyo bibyutsa irari ry’ubusambanyi mu muntu,

5. Ntabwo nzi urwego ubucuti bwawe n’ababyeyi buriho, gusa niba mutari inshuti wagerageza kuba inshuti nabo, kuko uko utandukana nabo Niko wiyegereza abandi, kandi Ku kigero cyawe ukururwa no kwiyegereza abahungu, ba inshuti magara n’ababyeyi bawe, niba basenga uzabibabwire bazagusengera,

6. Umwanzuro wafashe WO kuzaryamana n’umugabo wawe ni mwiza, uwukomeze kandi uzahirwa mu nzira zawe!

wakoze!


castro 1 June 2017

inama nukowakongera amasengesho iyo nisatani yakwibasiye ishaka ko ucumura