Print

Reba uburyo bwavumbuwe bwo guteramo akabariro butuma ubyara umwana w’igitsina wifuza

Yanditwe na: Martin Munezero 4 June 2017 Yasuwe: 13218

Mu by’ukuri intanga ngabo ivamo umuhungu itandukanye n’ivamo umukobwa. Bitaniye he? iyo usobanukiwe igisubizo, ubasha kugena igitsina cy’umwana uzabyara.

Akenshi, kubw’amahirwe hari ubwo tubasha kubyara Hungu na Kobwa ariko niba wifuza kubyara umuhungu,

Ngiri ibanga

* Intanga ngabo ivamo umuhungu ni ntoya kandi ikanyaruka kurusha ivamo umukobwa ;

*Intanga ngabo ivamo umuhungu yihangana igihe gitoya (amasaha 24-48) itegereje intangangore kurushwa n’intangangabo ivamo umukobwa yo ibasha kumara amasaha 72(iminsi itatu yose) ;

* Intanga ngabo ivamo umuhungu ikunda ahantu hari baze( alkaline). Mbese mu nguni y’umukondo w’umura w’umugore.

Dore uko uzabigenza

1. Igihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina :

Niba wifuza kubyara umuhungu ukwiriye gukora imibonano mpuzabitsina hafi y’igihe udusabo tw’umugore turekurira intanga ngore (Ovulation). Nimukora imibonano mpuzabitsina iminsi 2 mbere y’icyo gihe, ya ntangangabo ivamo umuhungu izapfa muri iyo minsi 2 maze hasigare ivamo umukobwa maze abe ariyo yihuza n’intangangore.

Ariko ni mukora imibonano mpuzabitsina ku munsi wa Ovulation cyangwa nyuma yawo gato, ya ntangangabo ivamo umuhungu kuko ariyo inyaruka cyane, izihuta maze yihuze n’intangangore, ni uko hazavemo umuhungu.

2. Uburyo bwo gukora imibonano mpuzabitsina : Kubera ko Intanga ngabo ivamo umuhungu ikunda mu nguni y’inkondo w’umura w’umugore ariho hantu twavuze hari baze (alkaline), ni byiza ko umugabo ageza kure hashoboka ( good penetration) kugirango ya ntanga ngabo ivamo umuhungu ayihunze aside (acid) iba muri nyababyeyi (Vaginal mucosa).

Icyitonderwa : Ubushakashatsi bwerekanye ko iyo izi nama uzikurikije neza, amahirwe yo kubyara umuhungu aba agera kuri 95%


Comments

maricialis 8 June 2017

muratubeshya Imana niyo igena.


lumbu alexis 6 June 2017

NIBYIZA KWIGA


lumbu alexis 6 June 2017

NIBYIZA KWIGA


NGARA POME 6 June 2017

UBU NI UBURYO BWO GUSHA GUCUMA KURE ARIKO SI UBURYO BWO GUSHAKA KUBYARA IGITSINA RUNAKA NIKO ABANTU BIBWIRA ARIKO INTANGA TUZI KO ARI LIQUIDE ESE AHO ITAGERA NIHE USIBYE UMUREMYI WEMYINE NIWE UTANGA URUBYARO EREGA UBUTAHA UZAVUGA NGO KUTABYARA NI UKO UMUNTU ABA ATACUMYE KURE CYANGWA NGO ABA YACUMYE HAFI YOOOOOOOO NDUMIWE PE


annet 6 June 2017

EEEHHH UBWO SE BOSE BABYAYE ABAHUNGU GUSA BAZASHAKANA NABAKOBWA BAKUYE HE !!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!


5 June 2017

hatanga IMANA kd umwana wese ninkundi ahubwo dusabe IMANA ibahumugisha


Jhon now 5 June 2017

Haha ndavyumvise KO mujinama nuwo mwubakanye mukabitahura kumwe ariko umenyeko bitangimana hari sokuru bwanje rero imana yaremye abahungu ijana abakobwa ijana ufise izonguvu namahirwe yo kuramba imana izoguha Bose,(ikindi hari numu Doctor wo muri Tanzanie aherutse kubivuga gutyo ,sang àbishiboka ni bon shishikara,utxigisha ntihabe uwusubira gukarire uwobuakanye ngo uvyara ubakobaw gusa,canke abahungu gusa


Jhon now 5 June 2017

Haha ndavyumvise KO mujinama nuwo mwubakanye mukabitahura kumwe ariko umenyeko bitangimana hari sokuru bwanje rero imana yaremye abahungu ijana abakobwa ijana ufise izonguvu namahirwe yo kuramba imana izoguha Bose,(ikindi hari numu Doctor wo muri Tanzanie aherutse kubivuga gutyo ,sang àbishiboka ni bon shishikara,utxigisha ntihabe uwusubira gukarire uwobuakanye ngo uvyara ubakobaw gusa,canke abahungu gusa


JOEL 5 June 2017

ivyo nabyemera muvezeko amahirwe ari100% gatanugasigaye nakiki? imana niyo igaba urubyaro ndetse nigitsina ushaka


JOEL 5 June 2017

ivyo nabyemera muvezeko amahirwe ari100% gatanugasigaye nakiki? imana niyo igaba urubyaro ndetse nigitsina ushaka


n. j 4 June 2017

mwarasaze


lydia 4 June 2017

Oh to us who hv one sex it is areally applicable lesson


Felix NIYONAGIZE 4 June 2017

Ko numva uko nari mbizi bibaye inverse?


Cimpaye 4 June 2017

Ni ugushaka ipompu yo kuyisunika


nyambuga olivier 4 June 2017

ivyo mwabivumbuye GT?hariho abo mwabigeragejeko