Print

Umugabo watangaje abantu waciye agahigo ko kuryamana n’abagore 56 batandukanye mu masaha 24 gusa

Yanditwe na: Martin Munezero 18 June 2017 Yasuwe: 5381

Ku wa Kabiri tariki ya 13 Kamena 2017, nibwo umugabo ufite inkomoko yo muri Singapour yaciye agahigo, anandikwa mu gitabo cy’amateka nyuma yo kuryamana n’abagore 57 batandukanye mu masaha 24.

Uyu mugabo utaratangajwe amazina afite imyaka 34 y’amavuko, yagaragajwe mu birori i Prague, muri Repubulika ya Czech, ahabwa igihembo anandikwa mu gitabo cy’amateka.

Aho yagize ati “Narinsanzwe nkora imibonano mpuzabitsina, nyuma yo kumenya ko bord3l yateguye amarushanwa mpuzamahanga nahise menya ko ngomba kuza nkagaragaza ubuhangange”

Uyu mugabo uvuga ubutwari bwe, ku manywa yaryamanye n’abagore 29, ijoro rigeze aryamana n’abandi 28, uko yamaraga kuryama n’umwe umuganga yamubaga hafi akamukorera massage.

Abari bateguye iri rushanwa bifuzaga umugabo uzabasha kuryamana byibura n’abagore 56, uyu yarabujuje anasaba ko bamuha uwa 57 ngo ace agahigo anandikwe mu mateka y’isi.

Abari babiteguye batangarije ibinyamakuru bitandukanye byo muri Czech, ko amaze guhetura aba bagore, yajyanwe mu bitaro kuvurwa igitsina cye cyari cyangiritse, uko yasohoraga hasohokaga 5ml z’intanga.

Amateka nkaya yaherukaga mu mwaka wa 1983, aho umugabo ukomoka muri Amerika wari usanzwe azwiho gukina filimi z’ubusambanyi (film pronographique) yaryamanye n’abagore 55 mu masaha 24..


Comments

13 May 2018

Isi igeze kure ubwo igeze ku marushanwa mu byaha,aho bukera bazayakoresha n’abicanyi.


alfa 19 June 2017

Kuryamana nabo jye narenza ijana :bapfa kutagira ibindi bambaza!