Print

Mu rwego rwo kwamamaza ibikorwa bw’ikinyamakuru cya ESPN cyakoresheje abakinnyi b’imikino itandukanye harimo n’abagore bambaye ubusa(AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 18 June 2017 Yasuwe: 2295

Mu mwaka wa 2014 nibwo iki kinyamakuru cyakoze agashya mu rwego rwo gukurura abasomyi,aho bishimiraga imyaka 6 ikinyamakuru cya ESPN kimaze gikora maze gifata icyemezo cyo gukoresha bamwe mu bakinnyi bo mu mikino itandukanye higanjemo n’aba bagore bambaye ubusa kugira ngo bamamaze ibikorwa byabo.

Nawe ihere ijisho uburyo abantu basigaye bashakishiriza amafaranga mu buryo bushoboka bwose: