Nyuma y’igihe umuntu yavuga ko atari gito umuhanzi Nyarwanda umenyerewe cyane mu ndirimbo z’urukundo ziba zigizwe n’Imitoma Aime Bluestone adakora indirimbo nshya,ubu yashyize hanze indirimbo ye nshya ahuriyemo na Uncle Austin, indirimbo yise "Gutyo".
USHAKA KUMVA IMITOMA MYINSHI IRI MURI IYI NDIRIMBO REBA HASI MAZE UYUMVE:
Andika Igitekerezo Hanonshaka iyondirimbo