Mu karere ka Gasabo mu mudugudu wa Rubonobono Akagari ka Nyamabuye Umurenge wa Gatsata umugabo yagiye kwiba igitoki mu murima w’umuturage witwa Akingeneye afatirwa kuri icyo gitoki kiugeza mu gtondo cyo kuri uyu wa Gatatu w’iki cyumweru.
Iyi nkuru yatangaje abantu bo muri aka gace n’abandi bayimenye.Ibi byabaye mu masaha y’igicuku cyo mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri rishyira kuwa Gatatu tariki 21 Kamena 2017.
Ngo guhera saa kumi n’ebyiri abaturage bagiye baza kureba uyu muntu waheze ku gitoki ari nako akomeza gusinzira kubera umunaniro. Ngo nyir’umurima yakomeje kubona yibwa ibitoki cyane ahitamo gushaka umuvuzi gakondo witwa Rusine Jonathan usanzwe aba ku Rusomo mu Ntara y’Uburasirazuba bw’u Rwanda ariko ari nawe wamuhaye umuti wo gushyira mu rutoki rwe.
MUTUBABARIREMUDUSAKIRE UWOMUTI KUKO UBUJURABURAKAZE HANO IWACU.
mudushakire nember zuwo mukosozi kbsa
Iyi nkuru ntiyuzuye. Ntabwo muvuze Niba yagiye afatiweho ch Niba yaje kuvaho nuburyo yavuyeho.
Mwaduhaye no he rusine uwo koko
Muduhe inkuru irambuye! Kandi muturangire n’uwo muti!
murasabwa kuba abanyamwuga nkubu mubona iyo nkuru yarangiye?
Hhhhhhh!!! Iri ni ikosora kbs!! yewewe!!
Ariko mwagiye mwuzuza inkuru. ubwose byaje kurangira cute?
nihatari
Abakaboko karekare barabe mwumva nimwe mubwirwa kuko murakabije
Yewe nanjye bamundangire wenda sinakwongera kuruhira abamamyi