Print

Perezida Kagame yahagaze mu Mujyi wa Musanze asuhuza abaturage-VIDEWO

Yanditwe na: Iyamuremye Janvier 4 July 2017 Yasuwe: 4477

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4 Nyakaga 2017, ubwo Perezida Paul Kagame yasozaga uruzinduko rw’akazi yagiriraga mu Murenge wa Shyira mu Karere ka Nyabihu, yavuye mu modoka asuhuza abaturage bari benshi ku muhanda baririmba bati ‘Muzehe Wacu’.

Ni ku nshuro ya kabiri, Umukuru w’Igihugu ageze mu Mujyi wa Musanze agasuhuza abaturage. Kuwa 24 Werurwe 2016 ubwo yari mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Ntara y’Uburengerazuba nabwo yahagaze agasuhuza abaturage.

KANDA HANO UREBE AMASHUSHO