Print

Reba amafoto akomeje gukwirakwizwa hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Diamond Platnumz ari kubyinisha abanyarwandakazi mu buryo budasanzwe

Yanditwe na: Martin Munezero 5 July 2017 Yasuwe: 4784

Kuri iki Cyumweru taliki ya 2 Nyakanga 2017 i Nyamata, mu busitani bwa Golden Tulip Hotel habereye igitaramo cyiswe “Rwanda Fiesta 2017” ni igitaramo cyahuje abahanzi batandukanye harimo Diamond Platnumz, Umuririmbyi kazi Vanessa Mdee, Chege, Charly na Nina, Morgan Heritage na Buravan.

Ni ku nshuro ya mbere igitaramo cya Fiesta cyari kibereye mu Rwanda cyateguwe na Clouds TV [Rwanda],

Iki gitaramo muri rusange cyaranzwe n’ubwitabire bwinshi n’ubwo hari abatekerezaga ko kitaribwitabirwe cyane kubera ko kitabereye mu mujyi wa Kigali.

Diamond ryaje gushimishishwa n’ubwiza bw’abanyarwandakazi ku buryo byaje no kumurenga ubwo yari ari ku rubyiniro maze ahamagara abakobwa bamwe baza ku rubyiniro bamufasha kubyina ivumbi riratumuka.

Aha aya mafoto ya Diamond ari kubyinisha abakobwa b’abanyarwanda mu buryo budasanzwe akomeje gukwirakwizwa hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga ndetse bamwe bagenda banayavugaho byinshi bitandukanye...byaba bibi nibyiza.

Ntabwo ari mu Rwanda gusa kuko no mugihugu cya Tanzania uyu muhanzi akomokamo bamwe mu bafana be bakomeje guhererekanya aya mafoto bagaragaza uburyo uyu muhanzi yishimanye n’abakobwa b’i Kigali.


Comments

Qasim 6 July 2017

haki ya mungu Dunia imekwisha yani kiricho mtowa TZ kwao nihicho jamani? kufundisha watu tabia mbaya nduguzangu tuangalie vizuri hizi nisiku za mwisho.


Qasim 6 July 2017

haki ya mungu Dunia imekwisha yani kiricho mtowa TZ kwao nihicho jamani? kufundisha watu tabia mbaya nduguzangu tuangalie vizuri hizi nisiku za mwisho.


ttttt 5 July 2017

Andika Igitekerezo Hano

njye ndibaza ntakibazo kuko yarikumwe numugorew


ntirenganya 5 July 2017

Diamond tuqagukunda cane