Akumiro karagwira,Pasiteri witwa Osinachi Christopher wo muri Nigeria bamuguye gitumo arimo gutaba ibirozi hafi y’urugo rw’umuntu yari agiye gusengera. Uyu mu pasiteri ufite urusengero rwitwa in ifite Nnobi ruherereye […]
Uyu mu pasiteri ufite urusengero rwitwa in ifite Nnobi ruherereye mu ntara ya Anambra yari afite akabindi karimo uburozi yashakaga gutaba ahantu kugira ngo n’asenga aze kwerekwa ako kabindi agaragarize uwo muryango ko impavu ufite ibibazo ari ibyo birozi batabye hafi yabo hanyuma abihishurire abimene umuryango ubohoke.
Amaze gukubitwa, uyu mu pasiteri yiyemereye ko atabikoraga wenyine kandi ko atari ubwambere abikora, avuga kandi ko hari n’umuntu ufite iduka babikoreye maze abaha amafaranga.
AMAFRANGA AZARIKORA. HARYA NGO TWIHANGIRE IMIRIMO?
Ntagihano kirenze kumutangaza mwitangaza makuru gusa bongereho kumwambura ububasha yahabwaga nubu pastor
aragapf
Oya,uwo nuwoguhanwape nibamuhashe
Yoo abapastor benshi n’abanyamitwe nahanwe yongere asubize ivyo yasahuye abantu
Nibamubohe imisi 7 kugirango abone ko yakoze ibizira