Print

Umupasiteri yafashwe bitunguranye ari gutaba ibirozi mu marembo y’urugo rw’umuntu yaragiye gusengera(AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 6 July 2017 Yasuwe: 8383

Akumiro karagwira,Pasiteri witwa Osinachi Christopher wo muri Nigeria bamuguye gitumo arimo gutaba ibirozi hafi y’urugo rw’umuntu yari agiye gusengera. Uyu mu pasiteri ufite urusengero rwitwa in ifite Nnobi ruherereye […]

Uyu mu pasiteri ufite urusengero rwitwa in ifite Nnobi ruherereye mu ntara ya Anambra yari afite akabindi karimo uburozi yashakaga gutaba ahantu kugira ngo n’asenga aze kwerekwa ako kabindi agaragarize uwo muryango ko impavu ufite ibibazo ari ibyo birozi batabye hafi yabo hanyuma abihishurire abimene umuryango ubohoke.

Amaze gukubitwa, uyu mu pasiteri yiyemereye ko atabikoraga wenyine kandi ko atari ubwambere abikora, avuga kandi ko hari n’umuntu ufite iduka babikoreye maze abaha amafaranga.


Comments

GM 9 July 2017

AMAFRANGA AZARIKORA. HARYA NGO TWIHANGIRE IMIRIMO?


ramazani 9 July 2017

Ntagihano kirenze kumutangaza mwitangaza makuru gusa bongereho kumwambura ububasha yahabwaga nubu pastor


7 July 2017

aragapf


nkezimana 7 July 2017

Oya,uwo nuwoguhanwape nibamuhashe


Said Nimubona 7 July 2017

Yoo abapastor benshi n’abanyamitwe nahanwe yongere asubize ivyo yasahuye abantu


ndiho jean marie 6 July 2017

Nibamubohe imisi 7 kugirango abone ko yakoze ibizira