Print

Umubyinnyikazi ukomeye wo muri Afurika y’Epfo yagaragaye mu birori atambaye ikariso maze bituma bamwe bamwita indaya(AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 11 July 2017 Yasuwe: 12545

Zodwa Wabantu uzwi cyane nk’umubyinnyi ukomeye muri Afurika y’Epfo yagaragaye mu birori atambaye ikariso, amafoto ye akaba akomeje kuvugisha benshi ariko we akaba yatangaje ko ari uburenganzira bwe.

Yatangarije Daily news ko abantu bakomeje kumwita indaya ari ukumusebya badakwiye kumwandarika kuberako yabikoze kubushake bwe.

Yakomeje atangaza ko hari imbaga y’abantu nyamwinshi bamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga, ko agomba kuzana udushya twinshi kuko aribyo bimuha amafaranga, akaba amaze no kugirana amasezerano na sosiyete ikora ibyo kunywa muri Afurika y’Epfo.


Comments

Placide Ntamwete 11 July 2017

Iyo umuntu afite ibyo acuruza ibishyira ahagaragara kugirango abaguzi babibone. Nonese umugambi wundi urinyuma yo kwigaragaza kuriya kuntu ni uwuhe?