Print

Umugabo wasanzwe mu mubiri we inshinge zigera ku 150 atazi uko zagezemo akomeje gushobera isi yose(AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 12 July 2017 Yasuwe: 2421

Ibyagaragaye kuri Badrilal Meena, ukomoka mu gihugu cy’Ubuhinde bikomeje gushobera benshi, nyuma yo kumusangamo inshinge zisaga 150 ziri mu maguru, mu maboko no mu ijosi rye.

Umugabo w’imyaka 56 witwa Badrilal Meena uturuka mu majyaruguru y’ubuhinde yatangaje Isi yose nyuma yuko abaganga bamusanzemo inshinge 150 mu mubiriwe, na we atazi uko zamugiyemo.

Bifashishije ikoranabuhanga rihambaye, abo baganga babashije kumuvanamo izo nshinge.


Nyakubahwa Badrilal Meena yatangaje ko ngo bishoboka ko ari umuvumo wa Papa we wamukurikiranye ibintu atumvikanaho n’abaganga kuko ngo bo bakeka ko yaba yarazijombaguye yagize ikibazo cyo mu mutwe (yasaze) bakaba rero bakeka ko ariyo mpamvu yaba atabyibyuka.


Izo nshinge zavumbuwe mu mubiri w’uyu musaza ubwo yakurikiranwaga n’abaganga ku kibazo afite cya Diabete.


Comments

mmm 13 July 2017

ariko ikigihugu sicyo imperuka izabamo amashitani yose abaho abamurikigihugu nicyamadayimoni tu