i Durban muri Afurika y’epfo umugore w’imyaka 36 yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho gusambana n’umwana we w’umuhungu w’imyaka 10 y’amavuko.
Ibi byabereye aho bari bagiye kogera ku mazi. Amashusho yafashwe agahita akwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje umuhungu we akuramo ikariso nyina mbere yuko atangira kumusambanya mu ruhame abantu barebera.
Mu gihe yahatwaga ibibazo ngo yisobanure ukuntu asambana n’umwana we yavuze ko yari yasinze asaba imbabazi ku makosa yakoze.
Ibi si montage!nabonye na video,gusa bigaragara ko n’umwana afite ikibazo mu mutwe cyuko nyina yabimumenyereje kuko nta soni bari bafite kandi bari bari hagati y’amagana harimo n’utwana tw’udukobwa turi mu myaka itanu!biteye ubwoba n’agahinda!gusa wagira ngo si ishyano iwabo kuko n’umugore waje kubabuza wabonaga bitamutunguye!yakuye umwana kuri nyina ubona nta gihunga afite!
Ayamafoto sayukuri, uyumugore n inzobe Nahuyimwana n’igikara kandi nabyo nibidashoboka (montage )
ayiwe!ayiwe!ayiwe! nimukureho iyi nkuru inteye ubwoba. turasize! abagore turapfuye! kuraho ayo mafoto. yewe wa munyamakuru we! wahemukiye abagore pe!hari uwahita ahahamuka. biteye ubwoba peace!
nibarukuri uwomugor afiticyibazo mumutwe
Urabona ubwo aruburere koko?nubwo aruwe akwiye guhanwa
inka ya data nibihogo!!! yeeeee. sha uwapfuye yarihuse koko
Isi irashize
Birababaje isi igeze kure ,ark lmana niyonkuru kd Satan yaratsinzwe