Print

Umunyarwandakazi wifotoye igitsina akagishyira hanze ari gutamaza n’abahungu agaragaza ibitsina byabo(AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 23 July 2017 Yasuwe: 292934

Umutoniwase Sandrine watunguranye ku munsi w’ejobundi ubwo yigaragazaga ku rukuta rwe rwa Facebook asa nk’usaba imbabazi ku mahano yakoze mu bihe byahise, akomeje kubera benshi urujijo agaragaza ubutumwa butandukanye bw’abasore bwiganjemo ubusambanyi bagiye bagirana na we.

Ku wa Gatanu tariki 21 Nyakanga nibwo uyu mukobwa wiyise Umutoniwase Sandrine kuri Facebook, yagaragaye yanditse ku rukuta rwe rwa Facebook amagambo akomeje kuvugisha benshi ibitandukanye, aho yavuzeko nyuma yo kwandura agakoko gatera SIDA yafashe umwanzuro wo gusaba imbabazi abo yahemukiye bose akazitahira mu mahoro nk’uko yabyanditse, akomeje kugenda agaragaza ubutumwa yandikiranaga n’abasore bagiye batandukanye mu ruganiriro rwa Facebook yabo (Inbox), ibyatumye abantu benshi bacika ururondogoro.


Umutoniwase Sandrine

Murabizi nitwa uwase sandrine niyo mazina yange nyakuri, ntuye igisenyi nenshi muranzi,mfite ibibazo byinshi arko byandenze

Ubwo mperutse kujya kwipimisha sida nasanze naranduye niyo mpamvu mpisemo gusaba imbabazi abo nahemukiye Bose ngo nzapfe nd’umwere.

Ndasaba imbabazi abantu Bose cyane ab’i Kigali nabeshye ko nshaka akazi ko mu rugo bakanyoherereza amafaranga ya transport nkayarya singeyo mumbabarire,
Abasore namwe mumbabarire ayo nabariye yar’inzara ariko namwe bake twabonanye nimwe munyanduje SIDa muragapfa,
Imana Imbabarire kuko najyaga nkora icyaha icyo kwiphotora igitsina nkagiha abasore inbox Facebook yaransazije, ubu mbabazwa n’ abasore batunze amaphoto yange muri inbox zabo.


Ifoto y’Igitsina cye yashyize hanze yakundaga guha abasore

Akomeza agira ati,Agahinda mfite ninge ukazi ubu amarira ranzenga mumaso ndumva namanuka mu Kivu nkiyahura munsengere, murakoze.

Umutoniwase atuye i Gisenyi ubukene ngo nibwo bubimutera

INAMA NGIRA ABAKOBWA BAGENZI BANGE MUJYE MWIRINDA KURYA IBYO MUTAVUNIKIYE KANDI MWIYUBAHE, nariyandaritse none binkozeho.
Iyo photo mubona niyo najya mpa abasore kenshi.

REBA AMAFOTO HASI Y’ABAHUNGU AMAZE GUTAMAZA:




Comments

Innocent 5 September 2023

Adusobede ubeda mbade mannyi baammubulilira


19 April 2023

ndoñder kuri+254791862567


Kwizerajdamour 2 February 2023

Wihangane kd ntago upfuye nyuma yibyo har ibyiza ukizw ubikuye kumutim kd wihane uzabona umusor ugukwiye nkeney number yawe murakoze


24 November 2022

IHANGANE KWISI NUKO SIWOWE GUSA ICYAMBERERE NUKWIYAKIRA. UBUKENE BURAGATSINDWA.NTUZICUZE IBYARANGIYE UJYE WIBAZA KUBIZAZA.


AIME 9 November 2022

NUKUREBA AMAFOTOYE


Mbonyi nchuti marc 1 November 2022

Ooh ihangan


claude 25 October 2022

Ibyo sibyo pee


Ni fabruce wibusengo mu karere kagakenke 24 October 2022

Nibakubaba rire kbs wimfireneza


raphael njeje 9 October 2022

Raphael njeje


30 March 2022

Warakoze cyaneeee!!!!


UWASEBENITHA 25 March 2021

AMABEREMEZA


Ndizeye jean paul 13 December 2020

Urakoze humura,SIDA sicyo kibazo ubu dufite gikomeye ,abayirwayo barajubaka n’abo igihugu kandi umisanzu bari kuwutanga ,garujira Imana ugabanye gusambana ,uhange undi murimo ,uzatera imbere pe! Nina ushaka umugabo uzampamagare nanjye ndi umusore nzakugire umugore.Nina warihannye


mugambira jmv 20 July 2020

Kubasha umu frend


19 March 2020

IYABAWARUFPUYE


Ndayikengurukiye Joachin 5 March 2020

Urihangan Kuk Ivyo Wabiterw Na Sekibi Arim Satan Kuk Kovyamaz Gushk Ntakund


Mukamana 5 March 2020

Sisitawe Wihangane Ukunuwarimwiza Nibyo Bimbacje


3 March 2020

Konamafoto mumanzemuduhe amafoto


iganze 14 November 2019

Umwa wa mukobwa we ibyo wakoze ntibyari bikwiye na gato. Si umuco w’abari b’i Rwanda. Mbonereho mbwire urubyiruko rusa n’urwagize ubusambanyi imikino ihoraho, ko nyuma y’igihe bigira ingaruka mbi ku babikora. Gusa rero, nubwo wakoze amahano, ba intwari, umuti si ukwiyambura ubuzima, si no kwiyanga ngo ubeho uhungabanye. Ahubwo ba intwari wakire amateka mabi yakuranze mbere, ufate icyemezo cy’icyerecyezo uhaye ubuzima bwawe. Ndagira ngo nkwibutse ko Mariya Madalina nawe wari warabaye indaya, Yezu yamubabariye ibyaha bye. Egera umusaserdoti ukuri hafi, agufashe usabe Imana imbabazi, nawe wibabarire, kandi ubabarire n’abo mwafatanyije gucumura, nabo bari barayobye nkawe, ndetse ubafashe guhindika uko Nyagasani azabigufasha. Amateka ajya ahinduka, nta kinanira Imana kandi impuhwe zayo ntizigira umupaka.Humura , gusa ufate icyemezo kizima wirinde gusubira mu ijandwe ry’ibyaha. Nyagasani Yezu akuyoboreshe urumuri rwe, Nyina wa Jambo, umubyeyi uboneshereza abari mu nyanja, ahumurize umutima wawe, agufashe gutera intambwe iva mu rupfu ijya mu buzima, Nyagasani Nyi’imbabazi akwakirane urugwiro kuko yari agutegereje kibondo sigaho gutekereza kwica .


7 November 2019

Sha Ihangane Nyine2 Nnx Ko Umutungo Imana Yaguhaye Wawufashe Nab Byagenda Gt? Pl2


7 November 2019

Sha Ihangane Nyine2 Nnx Ko Umutungo Imana Yaguhaye Wawufashe Nab Byagenda Gt? Pl2


UWASE.EMMANUEL 24 October 2019

SHA UMUTONIWE WARAGAKOZE


Twizerimana Jean delapaix 21 October 2019

Imana nidutabare nahubundi tugeze muminsi yanyuma Inama yanjye nuko ibipfundikiye bitera amatsiko ariko mwirinde mujye murira kugihe


Twizerimana Jean delapaix 21 October 2019

Imana nidutabare nahubundi tugeze muminsi yanyuma Inama yanjye nuko ibipfundikiye bitera amatsiko ariko mwirinde mujye murira kugihe


furaha mamique cadette 7 October 2019

xrry kbx knd abo wahemukiye bakubabarire ark kwiyahura ntbw ario muti wibibaz kuko nyum yubw buzima harubundi buzima


furaha mamique cadette 7 October 2019

xrry kbx knd abo wahemukiye bakubabarire ark kwiyahura ntbw ario muti wibibaz kuko nyum yubw buzima harubundi buzima


kaguruka.j.bsco 9 January 2018

nagirango.ntange.igitekerezo.uno.mukombwa.sandrine.numbwo.asaba.imbabazi.imana.nabantu.yagiriye.nabi.akabanduza.vrus.yasida.niba.abikuye.kumutima.imana.izamubarire.imuhe.iruhuko.ridashira


the hunkers 30 October 2017

watabi we ko mbona ubundi uri agasogoro uwaguteretaga we afite ubwenge. uzapfe utyo washyano we. wigize gakukuba wa mafene we. gsa ur’ isi pe


ruhimbaza Modeste 21 September 2017

Sandrine komera Imana irakubabarira iragukunda ntukiyahure ejyera Muganga baguhe imiti


kanyange 21 August 2017

Izere Imana kandi wihane umaramaze irakubabarira ibyaha byawe byose, ishatse no kugukiza Sida yagukiza si wowe wa mbere hari abandi yakijije


eric bizimana 20 August 2017

bagirinama kuko nari abagikina na life


pacifique niyonkuru 20 August 2017

nukuri birababaje ariko ijambo ryimana riravugango naho ivyahavyawe vyotukura tukutuku wizeye uhoraho urabiharirwa ico nogusaba izere umwami Yesu nukuri iwe ntakibuze uko wumva urushe uraruhuka nukuri n’umwami mwiza adakumira adakaza ishavu hama mugire amahoro merci


oswald 20 August 2017

Habaje ababyeyi bakubyaye naho wowe uriyishe kand uwiyishe naririrwa.


m f 29 July 2017

uwiyishe ntaririrwa


m f 29 July 2017

uwiyishe ntaririrwa


27 July 2017

ihangane. Bibaho. Mana.izakwakire mubayo


27 July 2017

hhhh.guma urarye sha ubundi c? sinumva ukibateka imitwe nibyo nimitwe urashaka ayandi yubuntu ngo barafasha


Arex niz 25 July 2017

Nt nge urihengo ume


Arex niz 25 July 2017

Nt nge urihengo ume


25 July 2017

EMMY

Arko abasore natwe twaragowe!! Ubundi se ubwo abamushidukiraga bo bafite ubwenge??? Nge sinamurenganya peee ikibazo ni icyabo basore batazi kwifatira imyanzuro


GABRIEL 25 July 2017

IHANGANE SHA NONESE UWAGUFASHA YAKUBONA GUTE?


Andrew 24 July 2017

Ark uno mukobwa yateye intambwe nziza yo kwiyakira akabasha kuvuga ibyamubayeho nabyo nubutwari ariko nanone niba yiyemeje kuvuga ukuri kwiwe ntawe ukumuvugiye kucyi yashyize abandi kukarubanda we yari kuvuga ibye ibyabandi akabibarekera hano kuvuga private life yabandi bantu namakosa nawe yigaye


Ituze 24 July 2017

Arkoc koko ibinibyanyabyo? Mbega umukobwa weeeeee!!! Agiye gusiga akoze ibara kwisi pe!


jane 24 July 2017

ngusa urambabaje kuko ni nkamwe mutesha agaciro abanyarwanda kazi ariko Imana ikubabarire kd wibuke gusaba imbabazi abo wahemukiye kd ubizi


24 July 2017

Nturi na mwiza pee


linda 24 July 2017

Uwo sumukobwa ningirwa bakobwa. ubwo se aratinyuka agasaba imbabazi koko? ESE ko mbona asaba imbabazi zamafranga bamwohetezaga akayarya kdi azi neza ko ari itike bamuhaye, ntasabe imbabazi zabasore yaba yarishe kdi azi neza ko arwaye sida? jyewe ndabona ibyiza byaba ari ugusaba imbabazi abo yishe kanyuma akazapfa neza


Sean 24 July 2017

ego ko wa mana we ariko c nkicyo gihungu cyo cyakwerekaga iki koko? mwese muri kimwe gusa ubwo wasabye imbabazi imana ikubabarire Ariko biragusaba gusenga cyane.


ahmed 23 July 2017

Haricyo mwakuyemo mwifoto nge ndayizi


aline 23 July 2017

nukwirarira bya mafuti nukuntu mbona uri mubi ?ntusamaje rwose baguye kubusa sha wapi urabishye pe


Akeza 23 July 2017

Abure kwigira mu Mana niyo iruhura!!!! Imana iratwakira uko turi kose, Kandi yibuke ko Amaraso yesu yatuviriye ku musaraba yatwogeje ibyaha byacu. Ihane mwene data uraba urababarirwa


23 July 2017

asyi we!!!


23 July 2017

Simbona c utari unasamaje, nabo baguye ku busa, ubu c umaze kwanduza bangahe bo kutabasabye imbabazi, ishakire akana uzagasigire ubuhamya bwawe


odette 23 July 2017

Ibi se ni ukuri?!!