Print

Imbyino zidasanzwe n’imyambarire ishamaje bya Urban Boys bikomeje gusetsa abantu batari bake(AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 31 July 2017 Yasuwe: 3805

Mu mpera z’iki cyumweru dusoje, mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, ni bwo itsinda rimenyerewe cyane mu muziki wa hano mu Rwanda ryataramiye abakunzi baryo n’abandi benshi bari bataramiye mu tubyiniro 2: Calvados I remera nyuma bakomereza kuri H-zone Gikondo.

Mu gitaramo cyabaye mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, mu tubyiniro tubiri dutandakanye aho itsinda rya Urban Boys ryari gutaramira abakunzi babo mutubyiniro tumaze kwamamara mugutegura ibitaramo bihuza abafana ndetse abahanzi bakunda iki gitaramo cyabereye kuri Calvados I remera nyuma bakomereza kuri H-zone Gikondo.

Itsinda rya Urban Boys, buri wese yari yiyambariye ukwe, ariko abantu basekejwe n’agakabutura gatukura Safi yari yambaye, ari na ko katumye abenshi bamugarukaho



Imibyinire y’uyu mukobwa yatangaje benshi kuko yabyinaga yirekuye mu buryo bwose







Comments

Hmmm 31 July 2017

kombona ari za mayibobo gusa ziba zihari reba uwo ubyina na safi mbega we