Print

Paul Kagame n’umuryango we bitabiriye itora rya Perezida-VIDEWO

Yanditwe na: Iyamuremye Janvier 4 August 2017 Yasuwe: 1253

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Kanama, ubwo Abanyarwanda baba mu gihugu batoraga Perezida wa Repubulika, ni nabwo Paul Kagame akaba n’umukandida wa FPR-Inkotanyi muri aya matora yayitabiriye n’umuryango we wose.

Published on Aug 4, 2017...President Kagame and family cast vote | Kigali, 4 August 2017