Print

Imyifotoreze y’umunyamiderikazi Sanchi ufite imiterere y’ikibuno kinini myiza muri East Africa ikunze gushitura cyane igitsinagabo(AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 8 August 2017 Yasuwe: 4263

Sanchi, umunyamiderikazi wo mu gihugu cya Tanzania ufite ikibuno kinini giteye neza muri Afurika y’iburasirazuba, yahungabanyije imbuga nkoranyambaga kubera amafoto agaragaza imiterere ye, ishitura cyane igitsinagabo.

Uyu munyamiderikazi wamamaye cyane muri Afurika y’iburasirazuba no ku isi hose ku bw’imiterere y’ikibuno cye, ari na cyo cyamuhesheje kwamamara cyane, aho binazwi ko ari we ufite ikibuno kinini, giteye neza kurusha abandi bose muri Afurika y’iburasirazuba, yongeye kugaragara ashotora igitsinagabo kubera amafoto n’amashusho yashyize ku mbuga bkoranyambaga, bituma benshi bibukiranya kuri uyu mugore.

Irebere amafoto agaragaza imiterere ya Sanchi, yagiye ashyira hanze mu bihe bye by’ikiruhuko, agahuruza imbaga y’abantu