Umugabo utarabashije kumenyekana amazina wo mu gihugu cya Nigeria yaragiye kwiba moto maze baramufata bamutwikisha amapine, ari muzima arinda ashiramo umwuka .
Iyi nkuru ibabaje yabaye ku cyumweru ahagana mu ma saa kumi z’umugoroba.
Ibinyamakuru byo muri Nigeria bikaba byagiye bivuga ko uyu mugabo yaragiye kwiba Moto hanyuma nyirayo akamubona atarayatsa,maze amuvugiriza induru, agatsiko k’insoresore karamwirukankana karamufata baramukubita barangije baramutwika bakoresheje igipine.
Yewe ibibintu njyesinabishyigikira. yego yaragiye kwiba ariko aho kumwica wamugorora. Ahubwo ulamenya uburyo umugororamo bitewe nimyitwarire ye. Umuntu wese yagira akamaro bitewe nuko wamutwaye. Oya nubundi buriya nubunyamswa. Njye baranyibye ariko biriya ntabwo byambamo nkumuntu ugira ubumuntu. nashaka uko bamuhana kose ingeso akayicikaho ariko badarwutse.
Ko bamwishenabi ntibazongere
Rwarwego muzamahanga rubura gukurikirana abangaba rukaza dutesha abantu umutwe.