Print

Shaddy Boo nk’umwe mu babyeyi bakomeje kuvugisha abagabo batari bake ku mbuga nkoranyambaga bitewe n’amafoto ye(AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 18 August 2017 Yasuwe: 7120

Shaddy Boo nyuma yo gutandukana na Meddy Saleh akomeje kubuza abagabo ibitotsi bitewe n’amafoto agenda ashyira ku mbuga nkoranyambaga.

Shaddy Boo ni umwe mu Banyarwandakazi bakomeje kwigarurira imitima ya benshi harimo n’ibyamamare bitandukanye bigenda biza mu Rwanda,bitewe n’imiterere y’umubiri we ndetse n’amafoto agenda ashyira ku mbuga nkoranyambaga.

Mu kiganiro Shaddy Boo aheruka kugirana n’imwe mu mateleviziyo ya hano mu Rwanda aho bamubazaga kubijyanye n’imyambarire ye itavugwaho rumwe n’abagabo,yatangaje ko ntacyo bimubwiye nubwo abenshi babyita kwiyandarika nk’umubyeyi ufite abana babiri.

Shaddy Boo yakomeje avuga ko ayo mashusho kubwe ntacyo amutwaye kuko atiyambika ubusa ,kandi ko aribyo bihe tugezemo kuko bitunga abatari bake,Arinaho yabwiye umunyamakuru ko hari benshi bitunze bitewe n’uburanga bwabo.

Nyuma yo gukorana ikiganiro na Televiziyo ya hano mu Rwanda,uyu mubyeyi w’abana babiri uzwi nka Shaddy Boo,yakomeje kugenda ashyira nubundi ku mbuga nkoranyambaga amafoto bivugwa ko ari "Too Much" bitewe n’imyambaro aba yambaye,imugaragaza imiterere.


Comments

fofo 18 August 2017

ntimukarenganye umuntu rwose mubona meddy saley atarakize byinshi ubona uriya arumugore ubuse koko iyo abana bicaye babona arinyina gusa Imana iduha ababyeyi ntamuntu igishije inama naho ubundi twarikujya twisubira tukavuka kubafite umuntu ark umuvumo muvumye aragakizwa yubahe Imana .turabakunda murakoze