Nyuma y’imikino yo gukuranamo yarangiraga mu ijoro ryakeye uyu munsi nibwo hateganyijwe igikorwa cyo gushyira amakipe mu matsinda 8 umuhango uteganyijwe ku I saa kumi n’ebyiri aho uraza gukurikirwa no gutora umukinnyi wahize ubandi ku mugabane w’I Burayi mu mwaka w’imikino ushize .
Uko bihagaze ni uko mu gakangara ka mbere harimo amakipe yatwaye ibikombe mu bihugu umunani bikomeye mu gihe mu gakangara ka 2 karimo amakipe yagiye yitwara neza muri iri rushanwa.
Uko udukangara dupanze
Agakangara ka mbere 1
Real Madrid
Bayern Munich
Chelsea
Juventus
Benfica
Monaco
Spartak Moscow
Shakhtar Donetsk
Agakanagara ka 2
Barcelona
Atletico Madrid
PSG
Borussia Dortmund
Sevilla
Manchester City
Porto
Manchester United
Agakangara Ka 3
Napoli
Tottenham
Basel
Olympiacos
Anderlecht
Liverpool
Roma
Besiktas
Agakangara ka kane
Celtic
CSKA Moscow
Sporting Lisbon
APOEL Nicosia
Feyenoord
Maribor
Qarabag
RB Leipzig
Amatsinda ashobora kuba ay’urupfu
Birashoboka ko aya yatomborana
Chelsea,Barcelona, Napoli, RB Leipzig.
Real Madrid, Manchester City cyangwa Manchester United, Napoli, RB Leipzig.
Paris Saint-Germain, Tottenham cyangwa Liverpool Real Madrid, RB Leipzig.
Iyi Tombola y’amatsinda iratangira ku I saa kumi n’ebyiri aho imikino ya mbere yo mu matsinda izatangira ku I taliki ya 12 na 13 Nzeri isozwe ku italiki ya 5 na 6 Ukuboza 2017.
Amataliki y’imikino y’Amatsinda
Umukino w’umunsi wa 1: Taliki ya 12-13 Nzeri 2017
Umukino w’umunsi wa 2: Taliki ya 26-27 Nzeri 2017
Umukino w’umunsi wa 3: Taliki ya 17-18 Ukwakira 2017
Umukino w’umunsi wa 4: Taliki ya 31 Ukwakira- 1Ugushyingo 2017
Umukino w’umunsi wa 5: Taliki ya 21-22Ugushyingo 2017
Umukino w’umunsi wa 6: Taliki ya 5-6 Ukuboza 2017