Print

Byari ibirori ubwo Rayon Sports yari mu mutambagiro w’igikombe I Nyanza (amafoto)

Yanditwe na: 27 August 2017 Yasuwe: 1988

Guhera ku wa gatanu taliki ya 25 Kanama 2017 nibwo ikipe ya Rayon Sports yerekeje mu ntara y’amajyepfo mu mwiherero wari wateguwe n’itsinda ry’abafana bay obo muri iyi ntara Les Bleus du Sud aho baboneyeho umwanya wo kubereka igikombe cya shampiyona batwaye mu mwaka w’imikino ushize mu birori byabanjirijwe n’umuganda ku munsi w’ejo.

Muri uyu mwihererero yabashije gukina imikino 2 ya gicuti aho ku wa gatanu yanyagiye ikipe ya AS Muhanga ibitego 6-0 ku wa gatanu,uwa nyuma iwutsindwa n’Amagaju FC ibitego 2-1.

Iyi kipe ifite inkomoko I Nyanza ku gicumbi cy’umuco nyarwanda cyane ko ariho ingoro y’umwami yabaga yaboneyeho umwanya wo gusura mu rukari, ahari ingoro ya cyami ndetse abakinnyi berekwa bimwe mu bintu byabaga i Bwami biri muri iyi nzu (Ikitabashwa).

Amafoto yaranze uyu muhango:







Iyi nkuru tuyikesha ikinyamakuru Ruhagoyacu.com