Print

Reba videwo y’umuhango w’irahira rya minisitiri w’Intebe mushya Dr.Ngirente Edouard

Yanditwe na: Martin Munezero 30 August 2017 Yasuwe: 1607

Mu ijambo Perezida Kagame yagejeje ku bitabiriye umuhango w’irahira rya minisitiri w’Intebe,Dr.Ngirente Edouard yibukije uyu muminisitiri ko akamenyero k’u Rwanda na guverinoma ari uko abanyarwanda batajya bakora bonyine ko ahubwo bakorera hamwe.

Perezida Kagame kandi yashimye imikorere yaranze minisitiri w’intebe ucyuye igihe, ari we Murekezi Anastaze.

REBA VIDEWO HANO IRIMO UMUHANGO W’IRAHIRA RYA MINISITIRI W’INTEBE MUSHYA

Yashimye kandi imikorere ya guverinoma yose ishoje igihe ariko anatangaza ko hari impinduka ziza kugaragara muri guverinoma nshya