Ibihugu 10 bifite inzu nziza abakuru b’ibihugu bakoreramo (Presidence) usanga ari mu bihugu bidakunze kuvugwamo intambara cya ngwa umwiryane wa hato na hato.
Dore uko zikurikirana
10. Uganda
9. Senegal
8. Mauritania
7. Sudan
6. Madagascar
5. Ghana
4. Namibia
3. South Africa
2. Egypt
1. Cameroun
Izi nzu ni zo abaperezida ba bamwe mu bihugu bya Africa basimburanaho iyo umwe avuye ku butegetsi hagiyeho undi.
Iyaba mwashyiragaho ifoto z’abaprezida
Niburaaho gushyiraho amafoto y’abantu
badafite aho bahuriye n’iyi nkuru!