Print

MINALOC yabeshyuje amakuru avuga ko Meya Mupenzi yeguye agatabwa muri yombi

Yanditwe na: Nsanzimana Ernest 11 October 2017 Yasuwe: 4170

Minisiteri y’ ubutegetsi bw’ igihugu kuri uyu wa 11 Ukwakira 2017 yatangaje ko amakuru avuga ko umuyobozi w’ akarere ka Nyatagare yeguye agafunga ari ibihuha.

Iyi Minisiteri ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter yagize ati "Amakuru akwirakwizwa ko Mayor Mupenzi George wa Nyagatare yeguye ku mirimo ye cyangwa yafunzwe ni impuha. Ababikwirakwiza barabeshya"

Amakuru akwirakwizwa ko Mayor Mupenzi George wa Nyagatare yeguye ku mirimo ye cyangwa yafunzwe ni impuha. Ababikwirakwiza barabeshya

— RwandaLocalGov (@RwandaLocalGov) October 11, 2017


Comments

J Pierre Uwayezu M 12 October 2017

NTA NDURU IVUGIRA UBUSA KU MUSOZI , UBWO NABE YISHYUSHYA.


Pacifique Sebazindutsi 12 October 2017

uyu mu mayor muzi nk’inyangamugayo kdi wanga akarengane aho kava kakagera!! ibyo ababikwirakwiza ahubwo nibahanwe