Print

Umukobwa yiganye Oda Paccy maze ashyira hanze ifoto yambaye ubusa hose y’ikinze ikibabi cy’Iteke ku myanya ye y’Ibanga(AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 14 October 2017 Yasuwe: 19037

Umukobwa bivugwa ko akomoka mu karere ka Rubavu utabashije kumenyekana amazina yashyize hanze ifoto igizwe n’amafoto ane atandukanye aho yageragezaga nk’amafoto ya Oda Paccy aherutse gushyira hanze ubwo yamamazaga indirimbo ye nshya "Order"gusa ntibyavugwaho rumwe na benshi.

Ifoto y’uyu mukobwa ikaba igiye hanze nyuma yuko Oda Paccy ahamije ko ibyo yakoze ataciye inka amabere ndetse ko abavuga ko yambaye ubusa bibeshye.


Kuva ifoto ya Oda Paccy yifotoje yikinze ikoma ku myanya ndangagitsina yajya hanze yakomeje guca igikuba mu bantu, kugeza ubwo hari n’ibyamamare byakomeje kumwigana bifotozanya ikoma ari nako bamwe bamuha inkwenene abandi nabo bakavuga ko ari umukobwa w’umujyi.


Comments

Chinese 15 October 2017

Ariko Nyagasani🙈🙊weee . Ariko niba barimo kwamamaza ubwambure bwabo n’ayo makoma nibabayavaneho .Ngaho ni Murebe knd mwumve iby’ababyeyi b’u Rwanda rw’ejo n’ukuri


Chinese 15 October 2017

Ariko Nyagasani🙈🙊weee . Ariko niba barimo kwamamaza ubwambure bwabo n’ayo makoma nibabayavaneho .Ngaho ni Murebe knd mwumve iby’ababyeyi b’u Rwanda rw’ejo n’ukuri


jacky 15 October 2017

Wapi uyu mukobwa si umunyarwanda, niba ari we yaba akwiye kujyanwa mu bitaro by’abarwaye mu mutwe I Ndera. Uko bisa kose naba na pacy ntiyigeze agaragaza ubwambure bwe bwose. Yewe birakabije Minister ufite umuco mu nshingano natabare .


ishimwe eddy 14 October 2017

Murakoze kutubeshya rwose! uyumukobwa iyi photo yayishyize hanze kera mbere ya oda paccy. iyi photo yuyu mukobwa nayibonye kuri facebook 09/09/2017. uhindure iyi nkuru.


ishimwe eddy 14 October 2017

Murakoze kutubeshya rwose! uyumukobwa iyi photo yayishyize hanze kera mbere ya oda paccy. iyi photo yuyu mukobwa nayibonye kuri facebook 09/09/2017. uhindure iyi nkuru.


RJD 14 October 2017

Noneho ibi bintu byadutse mubanyarwandakazi ni ibiki?


kay 14 October 2017

nyamra ababishinzwe nibadafata ibyemezo kuri kuri myitwarire biraza koreka imbaga y’abana bacu sinzi nka ministeri ifite inshingano mu muzo icyo iba ireba ku bintu nkabine njye ndasaba ababishinzwe guca uyu muco wadutse wo kwambara ubusa