Print

Abanyarwanda bazitabira Tour du Rwanda bagiye guhatana mu marushanwa yo kwimenyereza inzira

Yanditwe na: 19 October 2017 Yasuwe: 103

Mu mpera z’iki cyumweru abakinnyi 28 bagomba kuzakurwamo abazitabira Tour du Rwanda 2017 igiye kuba ku nshuro ya 9 bagiye gusiganwa bimenyereza imwe mu mihanda izakoreshwa muri iri irushanwa.

Nkuko byatangajwe n’ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda FERWACY,aba basore ku wa Gatandatu taliki ya 21 Ukwakira 2017. Aba basore bazasiganwa ku ntera yaKilometero 180,bazahaguruka mu mujyi wa Nyanza basoreze mu mujyi wa Gisenyi bakoresheje umuhanda uca mu Ruhango- Muhanga- Ngororero- na Nyabihu basoreza mu karere ka Rubavu.

Ku cyumweru aba basore bazabyuka bazenguruka umugi wa Gisenyi inshuro enye bahite berekeza i Musanze.

Abakinnyi 28 bazitabira aya marushanwa: