Print

Umugore afite intego yo gutaka icyumba cye udukingirizo 10,000 twabo yaryamanye nabo(AMAFOTO)

Yanditwe na: Martin Munezero 29 October 2017 Yasuwe: 4776

Tonge, umugore w’imyaka 27 wo muri Norway, amaze nibura gukusanya udukingirizo tugera ku 2000 kugira ngo ajye yibuka ibihe byiza agenda
agirana n’abakunzi be.

Tonge ngo yatangiye kugira iki gitekerezo mu mwaka wa 2010, ubwo
yatangiraga gusaba umuhungu baryamanye kumubikira udukingirizo bajyaga
bakoresha kuko twamuhumuriraga neza. Nyamusore rero byaje kumunanira
bitewe no kubona ko ari ibintu bigayitse.

Ibi byatewe n’uko uyu muhungu yasanze uyu mugore yatitirije umugabo bari
baryamanye amusaba gusiga agakingirizo yari yakoresheje.

Amafoto n’udukingirizo twabo amaze kuryamana nabo yamaze kubitaka mu cyumba

Ubwo yatangiraga gukusanya udukingirizo, kugeza ubu bikaba bimaze kumutwara amadorari 75 y’Amerika, akaba akabakaba ibihumbi hafi 64,000 by’Amanyarwanda.

Utu dukingirizo akaba adutaka mu cyumba cye. Uyu mugore ngo akaba afite
uburyo bwihariye atakamo utu dukingirizo kugira ngo icyumba cye gise neza.

Aha ngo amanika agakingirizo mu cyumba akakurikizaho ifoto y’uwo yaryamanye
na we.

Tonge akaba afite intego yo kugeza udukingirizo 10,000 tungana n’inshuro
yaryamanye n’abakunzi be. Ibi akaba arimo kubifashwamo na se.


Comments

RAMBA 29 October 2017

ubu se uyu ararwana ni iki?


Habiba 29 October 2017

Karabaye, uyu afite ikibazo cyo mu mutwe bamwihutane i Ndera