Ku Cyumweru taliki ya 19 Ugushyingo 2017,nibwo hasojwe Tour du Rwanda yabaga ku nshuro yayo ya 9 nyuma yo kuba mpuzamahanga aho yegukanywe na Areruya Joseph wakiniraga ikipe ya Dimension Data.Tour du Rwanda 2017 yaranzwe n’udushya twinshi turimo ubuhanga budasanzwe bwa bamwe muri ba gafotozi bayitabiriye.
Amafoto menshi yarafotowe ndetse n’ibinyamakuru birandika,niyo mpamvu Umuryango wabateguriye amafoto 10 yakunzwe na benshi ndetse atembera hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga.
N’imbwa nazo zisigaye zikunda Tour du Rwanda