Print

Umukobwa numusangana ibi bimenyetso 5 uzamenye ko akiri isugi

Yanditwe na: 21 December 2017 Yasuwe: 67786

Gupima ubusugi bw’umukobwa ntago bigombera kuryamana nawe cyangwa gukoresha ikindigipimo, ahubwo hari ibintu byinshi bishobora kukwereka ko umukobwa ari isugi cyangwa ko atakiri isugi. Ibi biterwa n’uko abakobwa bo ubwabo batazi kwihishira n’iyo abigerageje umubiri we uramutamaza. Doreimwe mu myifatire iranga abakobwa batakiri amasugi.

1. Iyo umubajije ko ari isugi ararakara: Umukobwa utakiri isugi iyo ubimubajije agusubizanya umujinya akakubwira ko bitakureba ndetse akabigira birebire. Nyamara umukobwa w’isugi iyo ubimubajije aramwenyura akakwihorera usanga ntacyo biba bimubwiye kuba wavuga ko ari isugi cyangwa se atakiri isugi. Umukobwa utakiri isugi akunze kubijyaho impaka cyane kuburyo hari n’igihe aba yemeza ko umuntu wese ubigenderaho iby’ubusugi aba adakuze bihagije. Nanone kandi ibiganiro byerekeza ku mibonano mpuzabitsina usanga abakobwa b’amasugi ntacyo babivugaho. Iyo umukobwa atajyaga abivugaho noneho nyuma agatangira kujya agira ibiganiro nk’ibyo aba yatakaje ubusugi.

2. Bakunda kwigunga. Abakobwa bose bigunga siko baba batakaje ubusugi, ariko umukobwa iyo aribwo agitakaza ubusugi akunze kwigunga kuburyo ashobora no kumara iminsi ikurikiraho mu nzu atarasohoka.

3. Umukobwa ukiri isugi ntago akunda kwigaragaza, n’ahantu ari ntago aba ashaka ko hari abamwitaho cyane ngo bamurangarire, umukobwa utakiri isugi akora ibishobora byose kugira ngo aho anyuze buri musore wese arangare. Bamwe bisiga ibirungo bikabije abandi bakambara imikufi ihenze cyangwa bakitera imibavu ikabya guhumura mu rwego rwo kugira ngo bakurure abasore.

4. Umukobwa ukiri isugi akunda kwiyemera akihagararaho ku musore umutereta akamwereka ko ntacyo amukeneyeho, nyamara umukobwa utakiri isugi ni babandi utumira ngo musohokane musangire icyayi, akazana n’inshuti ze zose atanabiguteguje mu rwego rwo kugira ngo bose ubagurire wishyure menshi. Ibi nta mukobwa ukiri isugi wabikora.

5. Umukobwa ukiri isugi ntago yiyambika ubusa ahubwo agerageza kwambara akikwiza, kimwe na babandi basigaye bashyira amafoto yabo kumbuga nkoranyambaga bambaye ubusa biriya ntamukobwa w’isugi wabikora. Ikindi kintu cyemezwa n’abantu bose n’uko umukobwa ukiri isugi iyo asinziye ari mu bitotsi bikomeye, ugasa nk’umukora ku gitsina asimbukira hejuru agahita akanguka akwigizayo niyo waba uri umukobwa mugenzi we


Comments

Gikundiro N Jimu 21 January 2024

Nibyope nukuri ntaho mubeshye muzatubwire nibiranga umuhungu wi manzi


bad boy 1 August 2023

Nibyo p mura duhuguye


Niyonkuru hamad 5 April 2023

Sha ivyonivyo


IRAKOZE vanessa 18 March 2023

nimba aribyo abakobwa tugomba kwambara tukikwiza tukirinda abadushuka100%


ni oggy 8 March 2023

ni byo kbs kbs


E R 15 February 2023

Mwakoze.
Ese umukobwa ashobora gusama agerageje kuryamana n’umuhungu akamusohoreraho atarayimwinjizamo?


E R 15 February 2023

Mwakoze.
Ese umukobwa ashobora gusama agerageje kuryamana n’umuhungu akamusohoreraho atarayimwinjizamo?


john 15 February 2023

ese umuhunguwe wamenyagute karisugi


29 January 2023

nonesemuga umukobwaurimumihango yakitwaratemudusobanurire?


Mugisha Erineste 26 January 2023

Murakoze gutanga inyigisho nziza


3 November 2022

EGOWOTWARINDA KUBERA URIMUMISIYO GUSAMA NAHOYOSOHORERA HAGATIMUGITSINA ATAYISHIZEMWO WOSAMA IMBAYI


24 October 2022

Umukobwa wisugi iyo yicaye agezaho kubumba amaguruye


Gordien 22 June 2022

Ivyo ’ukur


uwera 2 June 2022

Umukobwa yasama batayimwinjijemo ariko uwo babikoranye yasohoye?


uwera 2 June 2022

Mwiriwe nashakaga kubaza ubaye usa nukora imibonano ariko ntayikwinjizemo agasohora watwara inda?


My name is NIYONSABA marie Gorette 28 January 2022

Ibyo mutubwira koko nibyo abakobwa dukwiye kwiyubaha nitwe Rwanda rwejo hazaza.
Mwatubwira ibiranga abahungu b’imanzi?


daniel 3 January 2022

Hama muhungu nawe akiri isugi umubwirwa Niki?


4 May 2021

izonama muduha ninziza


11 April 2021

Nonese mwatubwiye n’ibiranga umuhungu w’imanzi?


11 April 2021

ibyo mutubwiye nibyo!


Pontien 17 January 2021

Ego muvuze vyo ,kand ndabibona kur CHR wanje!


31 July 2020

Nibihebintubishoborakukubwirako umukobwamukundana ari isugi


8 June 2020

thanks kbx mutugiriye inama nziza nonese kuberiki bavuga ko umukobga utwara igare aba Atari isugi


Doruwizedieudone 28 May 2020

Ibibintu byababyo ugenekereje


bucumi 7 February 2020

kwel nanje ndumva ari ibimenyetso vyiza kandi murakoze


NIYIGENA Lucie 28 August 2019

abakobwa dukwiye kwihagararaho cyane


MBONIMPA BONAVENTURE 9 August 2019

NUKO ABAKOBWA BATAKIR’ISUGI BAGOMBA KWAMBARA BAKIKWIZA !


24 June 2019

Murakoze Cane Kuruyo Muco Muduhaye Murakoze


31 May 2019

Ndashaka umukobwo nagira umukunzi wisugi number 07803729770


Antonio 3 January 2018

Urakoze cyane kuko abahungu benshi bifuza kumenya ko abakunzi baba ari amasugi baciye mu mibonano mpuza bitsina, kd ubwo bikaba birarangiye uwari isugiakaba icyomanzi, ni byiza ko umuntu cyane cyane abakobwa bamenya ibi bakareka kujya bitera mu bintu NGO niterambere batazi ko ababareba bahita ba bashyira mucyiciro runaka kd gishobora no kubangiriza reputation: Reka dutinye Imana byo kuyikunda twirinde ubusambanyi nayo izaduhesha agaciro mu ba dukorera analyse!


Gatera Emery 21 December 2017

Nkuze analysis yawe cyane.Merci beaucoup.Nubwo atari byo 100%,ariko wagerageje.Watanze reperes nyazo,zifatika.Abakobwa batari vierge,usanga birekura kandi bakunda kwisiga ibirungo,kwerekana ibibero,kwambara minis,kwiyemera,etc...Abakobwa b’amasugi,bagira isoni za gikobwa,bakunda kuba discrete.Ibi byateye bya boyfriend/girlfriend,akenshi bijyana mu busambanyi.Abakobwa b’iki gihe,benshi barongorwa atari vierge kuko gusambana bisigaye byitwa ngo "bari mu rukundo".Bible isobanura neza ko abasambanyi batazaba mu bwami bw’imana.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli paradizo.Ni ukugira ibitekerezo bigufi cyane.


Emmanuel bizimungu 21 December 2017

Murabeshya nabandi ibyobabikora