Hirya no hino ku isi abantu baraye mu birori byo gutangira umwaka mushya aho ababishoboye basohokeye hirya no hino kugira ngo bishimire ko barangije umwaka amahoro ndetse no kuba bagiye gutangira undi.
Bamwe bafashe agasembuye karabatenguha bitewe n’ingano z’ako bafashe aho hirya no hino ku isi hagaragaye amafoto atangaje y’abantu batengushywe bikomeye n’inzoga.Bamwe bagiye batabwa muri yombi,abandi bambara ubusa ,ndetse hari n’abananiwe kwigenza kubera inzoga.
Reba amafoto y’abantu batengushwe n’agasembuye:
Remmy Dusingizimana