Print

Umuhungu tubana mu gipangu arankurura nkumva nifuza ko turyamana- MBIGENZE NTE?

Yanditwe na: NSHIMIYIMANA Janvier 9 February 2018 Yasuwe: 18039

Muraho? Ni mumfashe mungire inama. Ndi umukobwa w’imyaka 22 ukibana n’ababyeyi. Mu gipangu cyacu harimo umusore uhakodesha ariko amaze kundwaza umutwe kubera imiterere ye ituma mwifuza uko mubonye.

Mu by’ukuri nta kintu na kimwe mbuze kuko buri kimwe cyose mu rugo barakimpa, gusa ntibabasha kunkora aho ntikora. Uwo musore tubana mu gipangu ni umusore mwiza w’ibigango mbese buri mukobwa wese yakwifuza gukundana nawe kuko yaba mu mico no mu myitwarire ni ntamacyemwa.

Uyu musore ntakunda kuba ari mu rugo kuko afite akazi abyuka agenda agataha nimugoroba . Mu gihe atashye rero akunda kuza mu rugo kutuganiriza nkakunda ibiganiro bye cyane. Mu by’ukuri sindi umukobwa w’indaya ndetse sinkunda no gusambana pee gusa iyo mbonye ibituza by’uyu musore numva ubushyuhe bw’umubiri buzamutse nkumva ndamushatse.

Ngera geza kubyikuramo bikanga kuko muri weekend yirirwa mu rugo kandi aba arimo guterura ibyuma nareba imiterere y’umubiri we nkumva ndamushatse cyane. Nta mukunzi mfite gusa nawe simukunda nka Boy friend ariko mba mufitiye irari ry’umubiri.

Ikindi kiyongeyeho ntinya kuba natwarira inda mu rugo cyangwa nkandura SIDA kuko byababaza ababyeyi kandi sinifuza icyababaza Mama wanjye. Ni mungira inama y’icyo nakora.


Comments

14 December 2018

Ntgashukwe nibituza hitamo kubahocg gupfa soma kuko 20:14


mugabo jean Bosco 9 December 2018

Mubwizukuri kumushaka abasore nabana beza azabigukorera uzamusure Get to bizacamo


muneza gerasi 9 December 2018

Ubuse kunkuruye turyamane nago abadukurura Bose twababona ihangane


8 December 2018

Umva mukobwa rero udatesha umvwe umuhungu wabandi wihangane kuba utanamukunda biri namahire kuko uramutse umwishyizemo cyane byakugora tuza.


rugamba 19 February 2018

yewe mukobwa we iyo ni shitani yaguteye. Ndasaba Imana data kukuhagiza amaraso y’umwana we Yezu Kristu agatwika izo roho mbi z’uirari n’ubusambanyi. nta kindi kirukana izo roho mbi usibye gusenga no kwigomwa harimo kwiyiriza cyangwa ukigomwa utundi tuntu ukunda. Wavuze ko utamukunda, agomba gukundwa kuko yaremwe mu ishusho ry’Imana. Ariko witonde uce bugufi usen ge kandi ujye ugerageza kwigomwa inkuru ze urinde n’amaso yawe kureba ibikugusha. Byaba byiza kuko imibonano mpuzabitsina iba gusa hagati y’abashakanye. kandi uko mbyumva uracyari muto byereke Imana izagufasha wibuke ko na Yezu yashutswe na shitani akayitsindisha amasengesho no kwigomwa. Iyo migenzo myiza ya gikirisitu nta tegeko na rimwe riyihana,. Imana igutsindirire izo roho mbi.


Gisubizo 16 February 2018

Sha uwo muhungu ahubwo buriya Satan amwambika indi sura kuko satani ashaka kukwangiza ariko buriya niyo mwaryamana wasanga birangiye wakwicuza pe.Sanga Imana wirukane iyo dayimoni yu busambanyi yakwinjiyemo.naho ubundi nudasenga muzaryamana kandi ntimuzigera mukundana ahubwo uzapfa uri disapointed.Please HUNGA tegereza uwawe


nitwanoërra 13 February 2018

ncuti ihangane kuko ivyonibigeragezo senga imana kugirango igufashe kuko ukoniko satani ariko aratwara abakobwa iconoguhanura jamucumba cawe uze urasenga kumusi gatatu uwomudayimoni agushuka azahita akuvaho nanje nzagufasha gusenga imana kugira igire icoyagufasha ntumaramaze abavyeyi bawe ihangane dusenge imana nanje nzagufasha yesu kristo agutabare


rwanyandekwe 12 February 2018

ngo ntur’indaya???indaya se ubwo yaba nde?


Alias 12 February 2018

kakubayeho uziko irari ritwita rikabyara icyaha icyaha cyamara gukura kikabyara urupfu. ihangane wamukobwawe uzaheshe abakwibarutse ishema


Howard 11 February 2018

Umva nkubwire wamukobwawe have utazahakura ishyano nonese nimba utamukunda ukaba urarikira umubiriwe ubwo urumva ushaka iki (Inda cg sida nizindi ndwara zandurira mumyanya ndangagitsin) so ifate ubundi usenge nakinanira Imana


11 February 2018

Kora icyo umutima ugusaba ark shaaa


jean kubwimana 11 February 2018

Ndakugira inama fata umwanya ubi mubwire ko umukunda mube inshuti muzabane kandi Nina umukunda nta mpamvu yo kunigwa n’ ijambo uzanigwe n’uwo uribwiye kandi ubikore mubwenge.


kwizera Emmanuel 10 February 2018

Inama nuko umubiri utagomba kugutegeka uzakore ikintu cyitazakubabaza ku urebye nabi wazicuza bitagishobotse murakoze
Imana ibahe umugisha


Aloys Sintinya 10 February 2018

Mukora,baneza Icowokora,mugabo,ubazeusege,jewenuva,wowitoda Pe,


Fidèle Murutabakobwa 10 February 2018

Ni uko uburaya butangira


Maniraguha Jaen Bosiko 10 February 2018

Niba Umukunda Uzabibyire ?


Nsanzimana Simeon 10 February 2018

Niba agukurura mukurure nawe mukururane ubundi rubure gica


Gaspard Iyamuremye 10 February 2018

Ntukiyime icyo ufite


Izabayo Onesme 10 February 2018

Niba akudwaje umutwe gusa ntakibazo kuko muganga yaguha prasitemort. ikibi ni uko yakwica gusa.


Josee Dusabe 10 February 2018

mwana izimye umuhe!


Janvier Dz Nshimiyimana 10 February 2018

Sist Konzik Arinjy 2ban Mugipang Wab Arijy Wifuz?


Manzi Kazungu Erick 10 February 2018

yebabawe giravuba umuhe kbsa


Eric Basinga 10 February 2018

fatiraho reka ubugoryi


Manirakiza Emanuel 10 February 2018

try u best


Jean De Dieu Mutabazi 10 February 2018

Nasubize aramugira, cg ntawe?


Manirakiza Emanuel 10 February 2018

nta chr ugira se?


Higiro Don 10 February 2018

Wikwigizankana


Sibomana Jean de Dieu 10 February 2018

Kimutegeze nyine


Adolphe Munezero Habiyaremye 10 February 2018

Uzabimubwire


Emanuel Bariyanga 10 February 2018

Nishitani imurimo


Christophe Ndikumana 10 February 2018

wuhe non yigirir sikwivuna tmusonga


Viviane Imogazi 10 February 2018

ndumva undenzeho


Kofi El Djihadi 10 February 2018

iyahure kubera ko atakwemera


Nduwimana Aline 10 February 2018

Rondera Abagusengere Iyo Ni Satani Bizohera Waratewe


Habonimana Maxime 10 February 2018

ha! ndumva bitorosh! muh umuzigo yifnknyr!


Niyirema Florance 10 February 2018

Yewe senga cyane iyo ni satani yakugendereye


Frora Jonas 10 February 2018

Banza wubahe IMANA utinye icyaha bizagufasha


Boniface Muhizi 10 February 2018

UMVA MUKO AMAZ,ASESEKANTAYORWA STOP NUTITWARA NEZA BIZAKUGORA BYITWAREMO NEZA


Abijuru Evergiste 10 February 2018

Umusange umubwire ikifuzocyawe witonze


Nsabye David 10 February 2018

Iyubahe yakoyatakuja


Nishimwe David 10 February 2018

aragugkurura nyine nawe nturumwana


Kagaba Gaspard 10 February 2018

Nonec ko agukurura ntugende wese?


Jean Thierry Munezero 10 February 2018

Haaaa Urahwela Ncuti. Tuza


Tumusifu Abdallah 10 February 2018

bibaho nihagire uguseka


Godefroid Rukundo 10 February 2018

Niyiyumvire


Ramadhwan Ally Ntezimana 10 February 2018

byikuremo nshuti,


Dutinyimana Emmanuel 10 February 2018

Nturare Utabivuze Nyine.


Masilingi Seeker Kaboss Songa 10 February 2018

Muhe nyine reka ubuturage


Murwanashyaka Vincent Rubayiza Nkurimba 10 February 2018

mubwire ko umukund kd ibyisoni ubireke?


Aurore Maboro 10 February 2018

Uramuha Kiko Nawe ntiwarankuye!!!


Nitezumukiza Jerome 10 February 2018

Muhe nibishira


Bikorimana Zender Basheer 10 February 2018

jyenda umuhe ntabwo ubwone buzagaragara


Senga wikuremo satani numutego yaguteze 10 February 2018

Kaberuka Eleuthere


10 February 2018

yewe ho gupfa wivuza wopfa wifuza sijwanze?


MC Shadrack Shaban 10 February 2018

Gerageza kyane umwegere umugezeho ikifuzo kyawe wunve ikyo agusubiza, wirinde nokubyamamaza atazabimenya utarabimwibwirira ugasanga bihise bipfa, kuko ushobora gutegere zako Ariwe ubikubwira We ataragutekereza yibereye mubindi.


Niyibat Hermap Ong 10 February 2018

bigutwaye iki c? wowe mubwize ukuri ko umukeneye ubundi akumare irari sha


Valens Mugisha 10 February 2018

Ubwo urumva igisubizo utacyifitiye koko, uhitemo ubuzima cg urupfu, niwowe uzifatira icyemezo cy’ubuzima bwawe


Giraneza Fidele 10 February 2018

niba koko udashaka kuryamana nawe icyiza nuko wareka kujya umureba cyane kdi no kuba hamwe nawe ukabigabanya kuko burya uburyo bwiza bwo kwirinda ikibi ni ukuguhunga


Siborurema Viateur 10 February 2018

Umva ubuzima bwawe buri mubiganza byawe nushaka ko buba bwiza mubwire ko umukunda kugirango ubone gufata umwanzura


Iyamuduhaye Fanny 10 February 2018

aha ndumuwe pee!ubundise uramukunda?cyago wifuza kuryamana nawe ngus?


Nyarwaya Tharcisse 10 February 2018

Bimubwire kuko abahungu ntabwo dukomeza umutwe cyane,erega ashobora no kuguha umwanya ukaruhuka utiriwe uryamana nawe!


Emmanuel Dushimimana 10 February 2018

ark x muk kwift byaknaniy bimubwr ark ntag nkusets kk nang iwc har umkz ark we yarmbwiyng iy mukzh ntm anyifuza kd atmbn


Rugabishabirenge Ganza Rayon 10 February 2018

Pole urwo ni urugamba Imana yakwegereje ngo ururwane kdi dusabwa gutsinda! Kwiyubaha nibikunanira wubahe Uwiteka kdi wibukeko imibiri yacu ari insengero z’uwiteka.


Qudra Nurul Alam 10 February 2018

banza ubitekerezekuko ushoborakuzicuza ubitekerezeho utazavuga ngonabikoreraga iki izonamabarikugirasizo


Nyandwi Jmv 10 February 2018

Ntukifuze ibyo ureba genda umubwireko umwifuza nawe aguhe gusa ingeso irangira nyirayo apfuye nubigira ingeso uzapfada !!!!!!


Murwanashyaka Elie 10 February 2018

Genda Muryamane cyangwa ugane kumuhanda wigurishe kuko niyo kamere ufite


Eliphazi Boumediene 10 February 2018

umwiza nibakoko umwifuza buruko umubonye dore uko ubikora reba uko ubigenza bamwirukane mugipangu kdi ntuzifuze kumenya


Eliphazi Boumediene 10 February 2018

kumenya amakuruye cq nibabidashobokarikocore ubimubwire niyemerako mwabana azakurongore kbx.


Jimmy Sesonga 10 February 2018

ok woe mubwize ukuri uko ibintu bimeze ark umwumvisha umukunda kuburyo wumva mwabana maze nabyemera aba ari ho uzahera umuhe wisanzuye narwikango ufite kandi nyine uko umubonye nukabimwereke cyane ko mukunda niba bitaribyo akabimenya atari woe ubimwibwiriye azabifata ukundi


Kubwimana Kdany 10 February 2018

Uzamutere imitoma, none kowamukunze ntubimubwire amaherezo azaba ayahe?


Claver Manariyo 10 February 2018

komeza kwihangana ureke kumugirira,irari ahandiho uzakimuha ubwonye ne inda vigwe sida muzaba mureha uwawe ntaraza nubirengako uzagira ingorane kandi urimwiza ariko witonde


Uwamahoro Alphonsine 10 February 2018

Ariko narumiwe koko! ubwose umuhungu wabandi arikugutesha umutwe gute? ariko mwagiye mureba ibibare? ngaho jya kwamugaga


Garay Marley 10 February 2018

Umva baza IMANA kandi umunsengere hamutekereze iconzico siwe wa mbere


Hagenimana Thelesphore 10 February 2018

Umva muko,njyewe inama nakugira,niba koko wumva umubiri wawe utagishoboye kwihangana,erega natwe abasore bitubaho! ugira gutya ukaba wiyicariye wumva utuje,,umukobwa runaka cg umugore wabandi akakuza mubitekerezo mbese ukumva ubuzima bwaw bwose bumushiriyemo.kuburyo umubona ukarara udasinziye kubera uburanga bwe.mbese ukumva ko uramutse umuciye urwaho mwaryamana (ukumva ibyo utunze byose aribyo ufite aribyo udafite ukumva wabimuha.ariko njye reka nkugire inama**%kumuha siwo muti,ahubwo niba utamutinya mwegere,umuganirize,niba unamukunda ubimubwire,nuko nawe yifatire umwanzuro.ariko ntucikwe ngo ugomere Imana,kuko Icyo nikimwe mubyaha yanga urunuka.ugire ukwihangana.


Liberator Moses 10 February 2018

Icyaha baragihunga ntabwo bagisha inama...uwo ni satani ukurwaza umutwe..not umusore


Lydie Mukamushumba 10 February 2018

Ariko umuntu agisha,inama yogukora ibyaha koko!!!gusa Imana,igutabare ndunva warahiye kdi utitonze wazahura nimbwa yiruka.ESE umubiri niwo ukuyobora cg niwowe uwuyobora?


Giraneza Fidele 10 February 2018

nonese abaze Imana iki?kdi yavuze ko yumva yaryamana nuwo musore byonyine


Justin Moses 10 February 2018

Nimba udafite Yesu muri woe nawe akaba atamufite witonde ,gsa ndinkawe nabanza nkabaza Imana kuko inama zabantu ziratandukanye harimo inziza nimbi sinzi ko wabona igizubizo nubundi urasanga igisubizo kiri kuri woe


Theophile Nkuriyingoma 10 February 2018

burya irari rya gisore ni ngombwa kwihangana Niko kudutandukanya nta handi ni muri Yesu ukirinda icyaha kubera wanze kubabaza Yesu nk’inshuti irindiriye amasezerano kuko we ahita akwerurira akaguha n’amasezerano ukayategereza, niba rero utarahitamo ibyo mvuze niba ugeze igihe cyo gushaka bimubwire akugire umugore we mushakane


DMS 10 February 2018

mpamvu igutera kugira irari kuri uwo musore ni uko nta boy friend ufite mushake rero,


10 February 2018

Jyewe ndunva nacyo uvuze mubyo uvuze byose


PIZZO 10 February 2018

NIBA WARAKUNZE UZABIMUBWIRE NABYEMERA MUZAKUNDANE NAGUTERA INDOBO BIZAGUHA IMBARAGA ZO KUMWIKURAMO


PAUL 10 February 2018

MUREKE UZE KUMPAMAGARA NANGE NTEYE NKAWE 07224488..


Michel Ange 10 February 2018

Uzabanze umenye niba afite umugore , niba atamufite umusabe ko mwabana nk’umugorere n’umgabo apana uburaya kuko kuryamana rimwe ntacyo byakunguraho kuko buri gihe wajya umwifuza.


Manirampa Augustin 10 February 2018

Kunda Jewe Ndabiguswavye Urekane Nuwutagushaka Azokudya Akakwivuga Akakwararaza Kuri Indaya


Augustin 10 February 2018

Burya ubuzima bwo mwisi niko bumeze twese turipfuza ariko ntidaca tubironka kandi vyongeye harigihe wipfuza ivyokwicira ubuzima munyuma ukicuza vyihanganire kuko nutavyihanganira mukabikora azokudya aguherane yongere akwararaze ko uri indaya kuko wamwubahutse urumwigeme atabigusavye ikindi naco niwiyegereza imana bizohera


10 February 2018

Mesa rumwe kuko imyaka ufite si uri umwana, uravuga ko udakunda gusambana arko nicyo umwifuzaho, ntubikunda arko wigeze kubikora?ikindi ngo nta boy friend ufite kdi ngo ntiwa mukunda nka boy friend bivuze ngo icyo umushakaho ni ukuryamana nawe.Imana imukurinde ni ba atari umusambanyi


sheebah 10 February 2018

wowe rya umwana ibizakurikiraho ntago turi kumwe nawe.


10 February 2018

Hoya uko wanga gutwita cyagwasida ube arinako wikuramoko mwajyamana


10 February 2018

Byikuremo cg niwumva by


10 February 2018

Shobora umubwire ko umukunda wumve icyo agusubiza


Alfa 10 February 2018

Icara hamwe utuze kuko iby’umubiri wifuza si ko ubihabwa. None abakwifuza bo uzemera ko muryamana?Niba atariko bimeze iga kwitsinda kuko umuntu ni uwo.Kandi uzararukira ubusambanyi naramuka abyemeye mukabikora, nta n’agaciro azaguha nta n’undi uzakaguha. Bye bye.


Nzayisenga Vincent 9 February 2018

Ntakintu kirusha
Umutima
W’umuntu
Gushukana
Wekwita kuburanga bw’uwo
Musore
Ashobora kuguterinda akakwanga
Ugasigara wicuza
Inama nuko wamureka.


koko frdy 9 February 2018

umvasha ryumwana ntaribi nagucika uzabyicuza uzakoreshe agakingirizo umvasha fatirahafi ukubishoboye kandi nibawumva byakunaniye shakumuhabo wakuze


Bashar 9 February 2018

Egera umusore agushimire aho ngaho utakwishyikira kuko ikinyabuzima ni nkikindi kuko hormones zose zirakora!


Kagare 9 February 2018

Mukobwa we,menya ko kureba umuntu ukumva umukunze ari normal.Natwe tubona abagore n’abakobwa beza,tukumva tubakunze.Ndetse na Yesu yakundaga abakobwa.Urugero Maliya na Marita babaga mu mujyi wa Bethany.Ariko ntabwo bigeze baryamana kuko ari icyaha.Natwe nubwo tureba abakobwa beza tukumva tubakunze,ntabwo dushaka kuryamana nabo.Nukomeza kwifuza uriya muhungu ugakomeza kugira igishyuhe,nta kabuza muzaryamana.Soma witonze Matayo 5:28.Nibirangira umaze kumuha umubiri wawe,uzicuza kuko atazakurongora.Uzaba ukoze icyaha uzicuza ubuzima bwawe bwose kandi kizakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo (1 Abakorinto 6:9,10).Inama nkugira ni iyi: Murebe nibyo kuko muturanye.Uzirinde kujya kumusura.Ntuzamusome cyangwa ngo wemere Caresses kuko byahariwe gusa Umugabo wawe.Mwikuremo,umenye ko gukunda cyane umuntu utari Fiyanse wawe ari icyaha.Menya ko gusambana bizabuza abantu millions and millions kubona "ubuzima bw’iteka".Kwishimisha akanya gato hanyuma umuhungu ntakurongore,bibabaza abakobwa benshi cyane.Ndetse bamwe bariyahura.Boyfriend agomba kuba FIYANSE wawe gusa.Muli make,"mukunde ariko umwirinde".Numwiha wese,azagusambanya kandi uzicuza ubuzima bwawe bwose.Uzabaze bariya bakobwa baryamana n’aba STARS hanyuma bakabata.Birababaza cyane.Niyo ubonye umugabo,uhora wibaza ukuntu waryamanye n’undi muntu akaguta.


NAHIMANA MICHEL 9 February 2018

NONE SE WARAMU BWIYE ARANGA? CANGWA NTA MUGORE AFISE? NYIMBA NAWE AKWIYUMVAMWO NTARIBI!


9 February 2018

Wwe mubwireko umukunda cyaneeee ubundi nabyumva uzaba ubonye inzira ubundi agushimire ahutikora.


apporo 9 February 2018

shandumva bikaze kabisa gusa ndumva wakwitonda kabisa nunese uwomusore aragukunda gusa inama nakujyira nukubyivanamo kuko ntanyuguyabyo kabisa