Print

Amanota y’ abakoze ibizami bisoza amashuri yisumbuye 2017 yamaze kujya ahagaragara

Yanditwe na: Nsanzimana Ernest 23 February 2018 Yasuwe: 2321

Minisiteri y’ uburezi yatangaje ko amanota y’abanyeshuri barangije icyiciro cy’amashuri yisumbuye yashyizwe ahagaragara. Muri rusange, abanyeshuri batsinze ku kigero cya 89,55%

Muri rusange abanyeshuri b’ abakobwa bakoze ibizami bisoza amashuri yisumbuye 2017 ni 41 140 , abakobwa ni 55.04 naho abahungu ni 44.96%.

Aya matota yatangajwe arimo ay’ abize kwigisha TTC, n’ abize imyuga n’ ubumyi ngiro TVET.

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri abnza n’ ayisumbuye Isaac Munyakazi yagize ati “Turishimira ko muri 2017 ibikorwa bijyanye n’uburiganya mu bizami bisoza S6 byaragabanyutse cyane”.

MINEDUC ivuga ko hagaragaye imyitwarire idakwiye aho Abanyeshuri biteguraga gukora ibizami bafashwe bibye za mudasobwa . ibi ngo byatumye aba banyeshuribari abakandida ku bizamini bya Leta Minisiteri y’ uburezi ibahagarika gukora. Kuko umunyeshuri ufatiwe mu bujura ahanishwa kwirukanwa.

Inkuru irambuye ni mukanya…….


Comments

festus 21 November 2021

Amanota ya banyeshuri


23 February 2018

S6 030305117Acc 489