Umukunzi wa UMURYANGO yatwandikiye yifuza ko abasomyi b’ iki Kinyamakuru mwamugira inama.
Dore uko ikibazo cye giteye.
Yagize
Waba urinikigoryi uwo yishimiye wamenya bapfuye woex nibyakubaho tuza wirere umwana wawe wiyiteho uzabona umukunzi ukubereye
wapi kereka nakubwira icyabimuteye
Mwiriwe, mubyukuri burya ijambo risohotse mu muntu rishushanya uko ateye. uwo mugabo nikigwari rwose, ashobora kubagarutse kubera gushaka guhima uwo babanaga. uko mbyumva jye ndumva arumugabo uhunga inshingano. akunda ubuzima bworoshye. niba uzihanganira ibizakurikira musange ariko bizakugora.
Ncuti yanjye uwo mureke afite guhuzagurika nawe ubwe ntaramenya gufata ibyemezo by’abantu baba Gabo mureke uzabona undi.
Uwo mugabo ntagukunda mureke unamwikuremo ushake ubuzima uzabona undi.
Nshuti mushiki wacu mbirebye ikibi ndavuga icyaha nicyo cyamuteye kugukorera ibyo kandi Niko ashaka kugira uwo yakurutishije bisobanura ko atarakira ingoyi zacyo ,wowe kizwa umureke Imana izakwibuka.Murakoze
ntiwibeshye, ni ubwo abakobwa bahemukira abasore batabarika, uwo musore nawe yagukoreye icyaha kitababarirwa, humura uzabona ugukunda
ntagukunda iyo agukunda niwowe aba yarahisemo muveho uzabona uwundi wowe icyo usabwa nukwitonda .
Mwihorere kabisa ntaho yaguhishe ubwo yakwangaga bwambe.icyatumye aguta kigatuma atanuwo basezeranye kuki nawe atakongera kuguta .ibuye ryagaragaye ntiriba rikishe isuka
ubwo afite ikibazo cyanatumye atana nuwo mureke rwose umugabo uzamubona atazongera kugutera ibibazo kandi wari wamukize mureke .