Print

BIRAVUGWA: Umugore wa Safi aratwite

Yanditwe na: Muhire Jason 13 March 2018 Yasuwe: 2475

Umuhanzi Safi yatangaje ko ibijyanye nuko umugore we atwite bazagenda babibona cyangwa babimenyeshwa.

Safi Madiba wamaze gusezera mu itsinda rya Urban Boys akiyemeza gukora umuziki ku giti cye ubwo yatumirwaga mu kiganiro Samedi Detante ubusanzwe gihita kuri Radio Rwanda yabajijwe byinshi bijyanye na muzika ,Mu Kiganiro hagati umufana we yaje kumubaza niba umugore we atari yabyara amusubiza ko bazabyibonera cyangwa bazabimenyeshwa.

Yagize ati “ turacyari muri Procedure y’ ibijyanye n’ ubukwe ibindi rero bazajyenda babimenyeshwa nako bazajyenda babibona kandi iyo umuntu yabyaye mpita Postinga.

Twakwibutsa ko taliki 1 Ukwakira 2017 umuhanzi Safi Madiba wo mu itsinda rya Urban Boys aribwo yakoze ubukwe n’umufasha we Niyonizeye Judith basezeranye mu mategeko ndetse bakora imihango itandukanye y’ ubukwe nko gusaba no gukwa , ako kuri ubu babana nk’ umugabo n’ umugore.


Comments

djdjdjfjd 13 March 2018

Muri ibigoryi gusa