Print

UBUHAMYA: ‘Ndicuza kuba nararyamanye n’umukanishi w’umugabo wanjye’

Yanditwe na: Nsanzimana Ernest 17 March 2018 Yasuwe: 16628

Umugabo wange arafuha byo ku rwego rwo hejuru. Kugira ngo anyiharire wenyine rukumbi, aramfungirana. Nta gusohoka, nta, gusurwa n’inshuti, nta kwitaba terefone, mbese amfata nk’umutungo we. Ibi bintu numva bimbangamiye ariko mbabwije ukuri nta kuntu nabyikura.

Igihe kimwe narindi muri dushe numva umuntu arakomanze, umuntu wari ushinzwe kundinda yari yagiye guhahira umugabo wange. Uwo muntu yarampamagaye ngo nge kumukingurira mpita nkingura urugi ntitaye ku kumenya uwo ariwe nsanga ni uwo mukanishi.

Yarandebye aranyitegereza mbura ayo ncira n’ayo mira. Yinjiye atavuga, ageze aho avuga adedemanga avuga ibintu byerekeranye n’imodoka y’umugabo wange. Naramujyanye mugeza mu igaraje nyuma nsubira guhamagara umugabo wange. Ubwo nari ngarutse mvuye kuyimwereka nasanze umugabo wange yagiye ku kazi.

Uyu mukanishi yari ahuze ari munsi y’imodoka. Mbabwije ukuri ntabwo uyu mukanishi ntabwo yari umuntu mubi. Ateye neza kandi anafite inseko nkunda.

Mu cyumweru cyakurikiyeho wa mukanishi yaragarutse. Umugabo wange ntabwo yari ahari yari yitabiriye inama ahitwa Bassam. Nari nambaye imyenda yange y’umuhondo yo kogana ndi hafi ya pisine. Hari hashyushye numva nshaka akayaga nicara ku ntebe y’urubaho kunkengero za pisine. Amabere yange yari ahagaze nk’imitemeri, amaguru yange meza ari ku mugaragaro. Umukanishi yatangiye kunyitegerezanya ipfa ryinshi mbona hari ikintu cyabyimbye munsi y’umukandara we. Amaguru yange yari abumbye mpitamo kuyabumbura buke. Cya kintu cyari cyabyimbye munsi y’umukandara cyarushije ho kwiyongera mpita mpaguruka ndamusanga. Yahise amira amacandwe ndambika ikiganza kuri rya pfupfu,mfungura imashini y’ipantaro ye. Ntiyigeze andwanya ahubwo yaramfashije. Yahise anshyira hasi ubwo tuba dutangiye gutera akabariro.

Nabwiye uwo mukanishi ko ibyange nawe birangiriye aho ko tutazabyongera mbona ararakaye. Yasubiye mu igaraje yubitse umutwe.
Byarandyoheye gusa siniteguye kuzabisubira kuko ndicuza kuba naraciye inyuma umugabo wange.

Src:Afrikmag


Comments

Saaho 15 January 2023

Urankumbuje gusa.


Iam kabano j.m.v 25 April 2021

AHA BIRAKAZE


Kiragijeanidamacsene 2 April 2020

Uravuzengo.arafuhakugirango.akwiharirewenyine.ubundimushakanawumvaga.uzajya.umugabananabandi.ibyawe.numvisebindenze.nangendafusha.ngufashesitwashobokana.


Kiragijeanidamacsene 2 April 2020

Uravuzengo.arafuhakugirango.akwiharirewenyine.ubundimushakanawumvaga.uzajya.umugabananabandi.ibyawe.numvisebindenze.nangendafusha.ngufashesitwashobokana.


18 March 2018

izi ni inkuru zumwanda!!!ubu se nkawe munyamakuru uvuze iki koko???ubuhehesi bwarakubase mumutwe!!!Umwanda nkuyu muge muwugumana mumitwe yanyu.


Bashar 17 March 2018

Icyo wumvise cyitwa imboro y’u Rwanda, kandi yihe ikaze mu maguru yawe!


Josy 17 March 2018

Hari igihe ushobora guca inyuma umugabo wawe atari uko umwanze.Nkawe se, ubana numuntu kugira ngo akubwire cheri ni ukubanza kuburana bidasanzwe ,mwagera mu buriri akarushywa no kwirangiriza nk aho wabaye imashini.Wabona ugusekera se ntumuhe ? Bajye bumva uko bashaka kwitabwaho nabagore tuba tubikeneye.

Nyuma yibyo akabaho arirakaje akamara icyumweru atakuvugisha hejuru yakantu gato kadafite agaciro.

Sinasambanye mu bukumi bwanjte Aliko umugabo azatuma njya muri Izo ngeso ntabiteganije.


HATARI 17 March 2018

Nta nka waciye amabere garukira uwiteka arakubabarira mugore we, umugabo wawe ndumva kugufuhira afite ishingiro niwisubiraho ukamwubakamo icyizere azakikugirira


Bizimana 17 March 2018

nyine nicyo yashakiye uwo mukanishi,kko agomba kumukorera ibyamunaniye.rka kwicuza rero yaramufashije .


Raul Habineza 17 March 2018

hahahah nonese uricuza iki? wasanze atazi gukanikase? nonese urumva yari gukanika bimwe ibindi akabireka? ahubwo urakaze wowe nti woroshye pepepe