Umuhanzikazi Cindy Sanyu ukunze kuririmba yambaye ikariso ku rubyiniro yamaze gusesekara I Kigali aho aje kuhakorera igitaramo.
Cinderela Sanyu wamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye Mbikooye ,Still Standing ,Run this kuri ubu akaba akora injyana ya Dancehall yageze mu Rwanda aho yitabiriye igitaramo azakorera mu kabyiniro ka K Club.
Aje mu Rwanda nyuma yuko mu gihugu cya Uganda banenze uko yiyambika kurubyiniro mu gihe yagiye gukora igitaramo ndetse bakanenga ababyinnyi abyinisha kubera kwiyambika ubusa aho bamwe bemeza ko biterwa n’ inzoga baba banyoye .
Mu Rwanda bamwirukane ajye guhenera iwabo nkuko nuriya, wundi wambara, ubusa ahandi bamwirukana, abantu ntibakwiye kwirukira kureba abo basazi, biyambika ubusa
Uwicaye nabi ...
Mumureke azabona
najyendamugaye yisubireho iyomysmbarire simyiza murwanba
Kuki bamwemereye kuza mu Rwanda koko? Nizere ko azibuka kwihesha agaciro kuko abanyarwanda turangwa no kwiyubaha.
Nonese abandi baririmba nta kariso bambaye?