Print

Col. Twagiramungu yitabye Imana bitunguranye ageze ku kibuga cy’ indege [VIDEO]

Yanditwe na: Nsanzimana Ernest 30 March 2018 Yasuwe: 44284

Col Twagiramungu yitabye Imana bitunguranye aguye ku kibuga cy’ indege cyo mu Burundi. Uyu mugabo bikekwa ko yazize uburwayi bw’ umutima yapfuye kuri uyu wa Kane tariki 29 Werurwe 2018.

Col. Twagiramungu Ascension akoze imirimo itandukanye muri politiki y’ u Burundi akaba apfuye yari umujyanama wa Perezida w’ u Burundi Pierre Nkurunziza.

Inkuru ku buryo burambuye reba iyi video


Comments

mazina 20 January 2019

Indwara bita Cardiovascular Deseases zica abantu barenga 20 millions buri mwaka.Harimo Stroke n’Umutima.Ariko nk’abakristu,tujye twemera tudashidikanya ko abantu bose bapfa bumviraga Imana,ntibibere mu byisi gusa,ahubwo bagashaka n’Imana bakiriho,izabazura ku munsi wa nyuma ikabaha ubuzima bw’iteka muli Paradizo.Ni Yesu ubwe wabivuze muli Yohana 6:40.Aho kutabyemera cyangwa gushidikanya,kora kugirango ubeho,ubifatanye no gushaka Imana kugirango izakuzure kuli uwo munsi utari kure.Imana ubwayo niyo igusaba kuyishaka ukiriho muli Zefaniya 2 umurongo wa 3,kugirango uzarokoke ku munsi wa nyuma.