Ibi Hamisa Mabetto yabitangaje kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 10 Mata 2018 ,Abinyujije kuri SnapChat ubwo yabwiraga umugabo we mushya ko atagomba kugira ikibazo cy’abana kuko azazana nabo .
Yagize ati “ Mukunzi wanjye w’ahazaza …. ntugire ubwoba k bana banjye ndi kuzana nabo”
Ibi bije nyuma yuko Hamisa avuze ko ntubwo atahawe urukundo na Diamond gusa umunsi umwe yiteguye kuzabona umugabo uhwanye n’ibyifuzo bye ndetse uzamuha umunezero , gusa yabonye umugabo witeguye kumushyira mu rugo hamwe n’umwana yabyaranye n’umuhanzi Diamond.