Uyu mugore wari umaze iminsi mu rukundo n’imfungwa yitwa Mark Rhodes, yafunzwe kubera kwiba,yirukanwe ku kazi kubera amabaruwa y’urukundo bandikiranye.
Mathews yandikiranaga n’iyi mfungwa amaburuwa yiganjemo amagambo y’ubusambanyi ndetse aba bombi bari baremeranyije ko bazabana namara kurekurwa muri gereza.
Uyu mugore w’imyaka 27,urukiko rwamuhanishije igifungo cy’amezi 8 kubera imyitwarire idahwitse yagize ubwo yari mu kazi.