Print

Umuhanzi yakoze isuku kumva ya nyina kugira ngo amuhe umugisha

Yanditwe na: Muhire Jason 13 April 2018 Yasuwe: 1643

Ibi byabaye ku gica munsi cyo kuri uyu wa Kane ubwo muhanzi yasuraga imva y’umubyeyi we (Nyina) witwa Stefania Namuyimbwa Namuguku washyinguwe I Masaka mu mwaka wa 2017 taliki ya 13 Mata ,Walukaga yatangaje ko iki gitaramo yagiteguye mu rwego rwo guha icyubahiro umubyeyi we kuko ari nawo munsi yatabarukiyeho.

Yagize ati “ Kuri uyu wa Kane nibwo nari nagiye gusura imva y’umubyeyi wanjye ndetse nyikorera isuku mu rwego rwo kumuha icyubahiro gusa nasabye isengesho ryo kumusaba ko nawe yashyingikira mu gitaramo nateguye nkabona abafana.”

Biteganyijwe ko iki gitaramo kirabera mu kabyiniro ka Calendar Bar aho kwinjira ahasanzwe baratanga ibihumbi 10,000 by’amashiringi ndetse n’ibihumbi 20,000 mu imyanya y’icyubahiro aho kitabirwa n’abahanzi bakomeye barimo Bobi Wine, David Lutalo, Eddy Kenzo, Geosteady, Spice Diana n’abandi.